Rwanda | Karongi: Abakiriya ba ZIPP mu gihirahiro
Abakiriya ba serivisi ya ZIPP (yo kubitsa no kubikuza amafaranga utagira konti muri banki) mu Karere ka Karongi bamaze iminsi bari mu gihirahiro nyuma y’uko umukozi wa ZIPP ahagaritse gukora kubera impamvu zitari zamenyekana. Aho ZIPP yakoreraga, muri Peace House Ikigaragara ni uko guhagarara kwa ZIPP mu mugi wa Kibuye byabujije abakiriya bayo epfo na ruguru cyane ko abantu benshi bari bamaze kuyimenyera. Iyo wageraga mu nzu ZIPP yakoreragamo... Read More
Rwanda : KCB iributsa abakozi bayo ko bahembwa n’abakiriya
Umuyobozi mukuru wa banki y’ubucuruzi ya Kenya ishami ry’u Rwanda aributsa abakoz i b’ iyi banki ko bagomba kurushaho kwita ku bakiriya kuko ari bo batanga amafaranga abahemba. Maurice Toriotich akaba yaravuze ibi ku itariki 20/03/2012 ubwo iyi banki yatangizaga uburyo bushya bwo guhana amakuru n’ababagana bwiswe “KCB contact center”. Nk’uko bivugwa na Maurice Toriotich, ngo ubu buryo bugiye guha urubuga abakiriya bakaba... Read More
Rusizi: Kudatinyuka kugana amabanki biri ku isonga mu bikibangamiye umugore
Ubuyobozi bw’inama y’igihugu y’abagore mu karere ka Rusizi buravuga ko umugore wo muri aka karere akibangamiwe n’ingorane nyinshi ariko kudatinyuka amabanki nka bagenzi babo b’abagore bikaba biza ku isonga. Mukandera Marie Jeanne ukuriye inama y’abagore mu karere ka Rusizi avuga ko aka karere gafite abagore benshi bakora ubucuruzi buciriritse bukwiye kuzamuka ko ariko abagore badatinyuka kwaka inguzanyo nka bagenzi babo b’abagabo kugira... Read More
Rwanda : Rulindo – Abambuye ibigo by’ imari bagiye gutangira kwishyuzwa
Mu rwego rwo kugarura amafaranga yanyerejwe cyangwa se yambuwe n’ abagujije ibigo by’ imari iciriritse na za koperative ntibishyure akarere ka Rulindo gafatanyije na banki nkuru y’ igihugu kahagurukiye kwishyuza aba bantu by’ umwihariko. Nk’ uko bigaragazwa n’ imibare, abantu bagarenga 300 nibo bambuye ibigo by’ imari, haba ibigikora ndetse n’ ibyafunze imiryango amaranga arenga miliyoni 70 y’ u Rwanda. Aya rero yose ngo akaba... Read More
Rwanda | Nyabihu: Fina Bank, KBC to work with Umurenge SACCO
Kanyamisoro Claude Following financial agreement between FINA BANK Ltd and Kenya Commercial Bank (KCB) on involving some cooperation into business partinarship, Nyabihu district authorities have been pursued to discuss convince Umurenge SACCO to join the business. The SACCO is to consider services given to people and the profits of working with these banks, a plan that is being discussed for quick practice. Described Claude Kanyamisoro, who... Read More
Rwanda | Nyabihu: Umurenge SACCO irateganya gukorana na FINA BANK cyangwa KCB
Nyuma y’aho aya mabanki yombi ni ukuvuga FINA BANK Ltd na KCB agereje ku buyobozi bw’akarere ka Nyabihu ibijyanye na Serivisi atanga ku baturage, uburyo n’inyungu zo gukorana na Banki, kuwa 09/2/2012, umuyobozi w’amakoperative mu Karere ka Nyabihu Kanyamisoro Claude avuga ko bazakora igikorwa cyo guhitamo imwe muri aya mabanki yakorana na Koperative umurenge SACCO mu rwego rwo kurushaho kunoza serivise z’iyi Koperative no gufata neza abanyamuryango... Read More
Ruhango:Abaturage barasabwa kugira umuco wo kuzigama
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burakangurira abaturage kugira umuco wo kuzigama mu ma banki mu rwego rwo kwiteganyiriza ejo hazaza. Twagirimana Epimaque, Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu mu karere ka Ruhango. Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu mu karere ka Ruhango, Twagirimana Epimaque atangaza ko Abanyaruhango bagiye kugira umuco wo kwizigamira kuko ntawe umenya uko ejo hazaba hameze Ati: “twese tuzi ko ibihe biza tutamenya uko bibyuka... Read More
Ngoma: Residents urged to work with Banks
Ngoma district Vice Mayor in Charge of Finance and Economic Planning George Mupenzi has called upon residents of this district to embrace the culture of working with banks if they don’t want to be left behind in development. Mupenzi said this during a meeting that brought together leaders of all the twelve sectors that make up Ngoma district, Eastern Province of Rwanda on January 19. The meeting convened to assess the rate at which the people in... Read More
GISAGARA: Residents hail Umurenge SACCO
Residents of Gisagara district have began recognising the importance of embracing the local banks comonly known as Umurenge SACCO saying that they are helping them to develop. When SACCO was first introduced in Kibirizi Sector last year, people had shunned it and it had few members as a result. But after being sensitised the advantages of joining the bank, people of Kibirizi have joined the SACCO in big numbers. Solange Mukamazimpaka says that... Read More
Ntago akarere kacu katera imbere tudakorana n’ ibigo by’ imari, Mupenzi
Umuyobozi wungirije w’akarere ka Ngoma ushinzwe imari n’ ubukungu Mupenzi George aratangaza ko kugirango akarere ka Ngoma karusheho gutera imbere kuburyo bwihuse ari uko abaturage bagatuye bakorana n’ amabanki ndetse n’ ibigo by’ imari. Ibi uyu muyobozi yabivuze mu nama yamuhuje n’ abayobozi bo mu mirenge igize akarere ka Ngoma hamwe n’ abaturage b’ umurenge wa Kibungo kuri uyu wa 19 Mutarama 2012. Ubwo yakomozaga kuburyo ijanisha... Read More
Follow Us!
By OBREAKSL penny stocks