Nyabihu: Umuti w’abambuye ibigo by’imari bimwe na bimwe bikabiviramo gufunga imiryango, urimo kuvugutwa

Mukaminani Angela, umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko abambuye ibigo by’imari bagiye gukurikiranwa n’inzego z’ubuyobozi Nk’uko Mukaminani Angela abivuga,abambuye ibigo by’imari mu karere ka Nyabihu ni benshi ndetse bimwe mu bigo by’imari bikaba byaranafunze imiryango. Hagamijwe kureba uburyo ibigo by’imari bikorana n’abaturage mu rwego rwo guharanira iterambere ryabo;inama ya Acces to finance forum yateraniye... Read More

Imikoranire y’Umwalimu SACCO n’Umurenge SACCO ije gukemura bimwe mu bibazo bya mwarimu

Museruka Joseph mugikorwa cyo gutangiza amahugurwa y’abacungamangamari Abarimu baratangaza ko imikoranire y’Umwalimu sacco n’Umurenge sacco bizafasha gukemura bimwe mu bibazo abarimu bagiraga birimo kutabona serivise nziza kandi ku gihe. Koperative Umwarimu sacco n’umurenge sacco kuva kuwa 24/04/2013 zizatangira gukorana, ku buryo umunyamuryango w’Umwalimu sacco azajya aherwa serivise ku murenge sacco y’aho ageze hose hifashishijwe ikoranabuhanga... Read More

Burera: Abaturage barakangurirwa gutinyuka kwaka inguzanyo

Abaturage bo mu karere ka Burera barashishikarizwa kugana ibigo by’imari kugira ngo babibitse mo amafaranga yabo kandi banakemo inguzanyo bityo bave mu bukene bagana ubukire. Gasanamu Musana Innocent, umukozi w’akarere ka Burera ushinzwe amakoperative, abwira abanyaburera ko niba bashaka gukira bagomba gukorana n’ibigo by’imari, cyane cyane SACCO, kuko ariyo ibegereye. Gasanamu akomeza avuga ko nibamara kugana SACCO, bazanatinyuka kwaka mo... Read More

BK iri gutanga umusanzu mu kongera umusaruro w’ibirayi

Nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’igabanuka ry’umusaruro w’ibirayi ryatumye igiciro cyiyongera ku masoko, ubuyobozi bwa banki ya Kigali ishami rya Musanze, bwasanze imwe mu mpamvu itera icyo kibazo ari ubushobozi buke butuma ubuhinzi budakorwa uko bikwiye, maze biyemeza gushyiraho inguzanyo igenewe abahinzi. Iyi nguzanyo itangwa hagendewe ku mahame asanzwe agenga inguzanyo, ngo ifite umwihariko kuko itangira kwishyurwa ari uko umuhinzi amaze... Read More

Abaturage ba Munyiginya biyujurije SACCO kuri miliyoni 17

Abaturage bo mu murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana batashye inyubako ya koperative yabo yo kuzigama no kugurizanya bise My SACCO ifite agaciro ka miliyoni 17 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi nyubako yatashywe ubwo mu karere ka Rwamagana hasozwaga ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza ku mpera z’icyumweru gishize ngo abaturage bayigezeho nyuma yo kumva gahunda za leta y’u Rwanda zirimo kubashishikariza kwishakamo ibisubizo kandi ngo bagasanga... Read More

GISAGARA: UMURENGE SACCO WATUMYE BAMENYA KO ATARI ABAKENE

Mbere yo kugira aho babitsa, bamwe mu batuye umurenge wa Gishubi na Save ho mu karere ka Gisagara bahoraga bakennye bigatuma bumva baragowe ndetse bibarira mu batindi kuko ayo babashaga kwinjiza ntaho bagiraga bayashyira habafasha kuyazigama usibye kuyashyira abanyatubari. Umurenge Sacco aho wagereye mu baturage benshi barawugana batajyanywe gusa no kuguza amafaranga abafasha kwiteza imbere ahubwo bakanajyanwa no kubitsa ayo bakoreye bityo akazagwira... Read More

Rulindo: Umuturage ushaka gukira vuba agane Sacco. Bosenibamwe Aimee

Umuturage ushaka gukira vuba abishatse yagana za Sacco. Aya ni amagambo yavuzwe n’umuyobozi w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimee, ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutaha inyubako nshya za Sacco,Murambi na Masoro tariki 14/3/2013. Abaturage bo muri iyi mirenge yombi, ngo basanga kuba barabashije kwiyubakira inzu nziza zo gukoreramo na za Sacco zabo. Ngo basanga ari ibyo kwishimira ,bakavuga kandi ko ibyiza byose bamaze kugeraho babikesha... Read More

KCB injects funds in language teachers

The management of Kenya Commercial Bank (KCB) in Rwanda has signed a memorandum of understanding with Kigali Institute of Education (KIE), to offer scholarship to 22 selected language teachers who will undertake an advanced English course for three consecutive years. Starting April 2013, the trainings will commence, whereby the meritorious trainees who are active teachers will pursue the KIE diploma in education through its distance training programme. The... Read More

Gakenke: Nemba SACCO plays big role in local people development

Residents of Nemba sector in Gakenke District have commended some activities among which is working with sectors saving and Credit Cooperatives (SACCO)  as a sure way of developing any local person by saving little amount of money. One of many other beneficiaries Francoise Uwurukundo a resident of Nemba sector in Gakenke District testifies, “Working in this SACCO helped me save much. I used to keep money in my pockets and near my reach and I could... Read More

Nemba: Gukorana na SACCO bifasha kuzigama amafaranga

Uwurukundo avuga ko SACCO yamufashije kuzigama.  Uwurukundo Francoise, umubyeyi utuye mu Kagali ka Gahinga, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Gakenke ashimangira ko gukorana na SACCO ari bwo buryo bwiza bufasha umuturage kwizigamira amafaranga. Uyu mubyeyi wambaye neza ndetse unacyeye ku isura, amaze amezi umunani ari umunyamuryango wa SACCO y’Umurenge wa Nemba. Nyuma yo kubitsa, Uwukundo avuga ko mu gihe cy’amezi umunani amaze akorana na saco yamufashije... Read More

« Previous PageNext Page »