Mahoko: abatanga imisoro barasaba koroherezwa ingendo

nyuma yo kubona ishami rya Banki ya Kigali, BK mahoko, abatanga imisoro ya Rwanda Revenue authorty bakorera muri Centre Mahoko bavuga ko byaboroheye kuyishyura bifashishije iryo shami, ariko bakaba basaba ko ubuyobozi bwaborohereza ingendo bakora bajya gutanga impapuro bishyuriyeho, aho gutega bazijyana mu mujyi wa Gisenyi, ahubwo bakegerezwa ishami rya RRA.   Centre ya Mahoko iherereye mu murenge wa Kanama, akarere ka Rubavu, kujya mu mujyi... Read More

Rwanda | Huye: Abaturage b’i Rwaniro barasabwa kubitsa mbere yo kwaka inguzanyo

Ibi byagaragajwe n’abayobozi ndetse n’abaturage bafashe ijambo, mu gikorwa cyo gutaha inzu yo gukoreramo ya Hirwa Rwaniro Sacco, ari yo Sacco ikorera mu Murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye. JMV Habineza waje muri ibi birori nk’intumwa ya banki Nkuru y’igihugu yagize ati « abantu benshi baza mu mabanki bimirije imbere kwaka inguzanyo kandi batazigama. Nyamara, inguzanyo ziva mu bwizigame, kongeraho imigabane y’abanyamuryango ndetse... Read More

Rwanda | Huye: Hirwa Rwaniro Sacco iragenda itera imbere

Ibi bivugwa na perezida w’inama y’ubutegetsi w’iyi Sacco ikorera mu Murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye. Ikimutera kuvuga gutya ngo ni uko mu mwaka ushize wa 2011, ari na wo iyi koperative yo kubitsa no kuguriza yatangiye gukoramo ku buryo bugaragara, warangiye ifite igihombo cy’ibihumbi 253 n’amafaranga 280. Ariko uyu mwaka wa 2012 urangiye bafite inyungu ya miriyoni 11, ibihumbi 365 n’amafaranga 64. Ibi bituruka ku kuba abanyamuryango... Read More