Burera: Abaturage barakangurirwa gutinyuka kwaka inguzanyo

Abaturage bo mu karere ka Burera barashishikarizwa kugana ibigo by’imari kugira ngo babibitse mo amafaranga yabo kandi banakemo inguzanyo bityo bave mu bukene bagana ubukire. Gasanamu Musana Innocent, umukozi w’akarere ka Burera ushinzwe amakoperative, abwira abanyaburera ko niba bashaka gukira bagomba gukorana n’ibigo by’imari, cyane cyane SACCO, kuko ariyo ibegereye. Gasanamu akomeza avuga ko nibamara kugana SACCO, bazanatinyuka kwaka mo... Read More

Rwanda | Burera: 2000 residents open savings accounts

More than 2000 local residents in Burera district have opened up savings accounts in the district sector Sacco saving schemes, the district authorities have confirmed. “After a few trainings about saving for their families, these people took the path of opening accounts,” affirmed the Burera District Mayor, Samuel Sembagara. Through joining financial institutions like SACCOS, Rwandans get the chance to save and also access loans for development.    Read More

Rwanda | Burera: Ukwezi k’umuryango gusize abarenga 2000 bafunguje konti muri SACCO

Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko mu gihe cy’ukwezi kwahariwe umuryango abantu bagera kuri 2571 bafunguje konti muri SACCO z’imirenge yose igize ako karere kugira ngo bizigamire bazagere ku iterambere. Sembagare Samuel, umuyobozi w’akarere ka Burera, avuga ko abo bose bafunguje konti muri SACCO z’imirenge mu gihe kingana n’ibyumweru bibiri nyuma yo kubishishikarizwa kugira ngo bateze imbere ubuzima bw’imiryango yabo. Abanyarwanda... Read More

Rwanda | Cyanika: Abarimu barasabwa kugana Mwarimu SACCO

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyanika arasaba abarimu bo muri uwo murenge kwitabira ibigo by’imari nka Mwarimu SACCO kugira ngo babone uko baka inguzanyo zo gukora imishinga ibateza imbere. Nkanika Jean Marie Vianney avuga ko usanga hakiri abarimu bamwe na bamwe batinya kwaka inguzanyo mu ma banki cyangwa se ugasanga bamwe babuzwa n’ubo bashakanye kwaka izo nguzanyo nyamara zari kuzabateza imbere. Bakwiye gutinyuka. Uko abo barimu... Read More

Rwanda : Burera: Barasabwa kugana ibigo by’imari bizigamira kandi banaka inguzanyo

Abaturage bo mu karere ka Burera barasabwa kwitabira ibigo by’imari bizigamira kandi baka n’inguzanyo kuko aribo byashyiriweho bityo biteze imbere. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimama Gilbert umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO yashishikarije abaturiye iyo SACCO kwitabira kuyikoresha. Kuba abanyamuryango ba SACCO Ndorwa... Read More

Rwanda : Urubyiruko n’abagore nibashishikarizwe kwizigamira

Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO arasaba abayobozi n’abakozi ba za SACCO kwegera by’umwihariko urubyiruko ndetse n’abategarugori kugira ngo nabo basobanukirwe n’uburyo bwo kuzigama. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimana Gilbert yavuze ibyiciro bibiri by’abantu,  aribo abagore n’urubyiruko, bigomba kwitabwa... Read More

Rwanda : Abayobozi batandukanye barasabwa kubitsa muri za SACCO

Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO arasaba abayobozi batandukanye kwitabira kubitsa muri za SACCO kugirango nazo baziteze imbere. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimana Gilbert yavuze ko SACCO atari iz’abaturage b’abakene. Ni iza buri wese wiyemeje kuzigama kugirango yiteze imbere nk’uko yabisobanuye. Agira ati “Ntabwo... Read More

Rwanda : SACCO zirasabwa kugira imikorere myiza zikemura ibizo by’abanyamuryango

Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO arasaba ko za SACCO zikomeza kugira imikorere myiza kugirango zikemure ibibazo by’abanyamuryango bazo. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimana Gilbert yavuze ko kuba abaturage barishyiriye ho icyo kigo cy’imari nacyo kigomba kubateza imbere ku buryo bugaragara. Agira ati “izi SACCO... Read More

Rwanda: Burera Residents urged to start saving

“Saving culture is one of the most key issues that every individual must note In order to prepare for the good future of the residents” Kabiligi Jean Marie Vianney in charge of good governance in Burera district described to the people on 5th January 2012 during an event to officially start the good governance week in the district. However, saving changes as years go by. “Long ago people saved by putting their produce in the granary but today,... Read More

Burera- Abaturage barashishikarizwa kuzigama

Kabiligi Jean Marie Vianney umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu karere ka Burera arashishikariza abaturage bo muri ako karere kuzigama kugira ngo bategure ejo hazaza heza. Ibyo yabitangaje tariki ya 05/01/2012 ubwo mu karere ka Burere hatangizwaga ku mugaragraro ukwezi kw’imiyoborere myiza. Akaba yasobanuriye abaturage ko kuzigama ari umuco mwiza kuko kuva na kera mu Rwanda byahozeho. Gusa ariko yanavuze ko uko imyaka igenda ishira kuzigama... Read More