Muhanga: Amabanki arasaba ubuyobozi kubafasha gukurikirana ababambuye
Abanyamabanki n’abahagarariye ibigo by’imari mu karere ka Muhanga barasaba ubuyobozi bw’aka karere kubafasha gukurikirana abantu babambuye. Mu kiganiro bagiranye n’ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga, aba bahagarariye ibi bigo n’amabanki batangaje ko bafite abantu kugeza ubu bamaze igihe baratse inguzanyo ariko bakaba baranze kuzishyura nk’uko babyiyemeje mu masezerano bagiranye bajya kwaka inguzanyo. Bavuga kandi ko hari n’abandi bafashe... Read More
Rwanda | Rusizi: RAB helps farmers reduce bank debts
About 108 farmers in Rusizi district who had got loans to buy cows from Banque Populaire Rwanda (BPR) in Girinka program are celebrating; after Rwanda Agriculture Board reduced their debts and arrears they owed the bank. According to the original agreement made by the district with the contractor, the contractor was supposed to give Frisian cows (100%) and the owners had to pay Rwf600.000 to the Bank Populaire. Those who were given mixed cows (50%... Read More
Rwanda | Rusizi: Abari baraguze inka ku nguzanyo ya Banki bavanywe mu gihirahiro
Kuri ubu ibyishimo ni byose kuborozi bagera ku 108 bo mu Karere ka Rusizi, bari barahawe inguzanyo na Banki y’Abaturage (bpr) ngo bagure inka muri gahunda ya Girinka Banki, binyuze mu masezerano Akarere ka Rusizi kari kagiranye na Rwiyemezamirimo wagombaga kugura izo nka, nyamara hakaza kugaragara ko inka zatanzwe na Rwiyemezamirimo zitari zujuje ibikubiye mu masezerano. Ubusanzwe ayo masezerano yavugaka ko Rwiyemezamirimo aha aborozi inka z’inzungu... Read More
Rwanda : ECOBANK YAHUYE N’ ABAKIRIYA BAYO B’ IMENA
ECOBANK ishami ryayo rya Huye, ryahuje abakiriya bayo b’imena babarizwa mu turere twa Huye, Nyaruguru na Nyanza ku wa gatanu,tariki 24/11/2012 aho bagejejweho zimwe muri gahunda nshya iyo Banki yageneye abakiriya bayo. Muri uyu mubonano, abakiriya ba ECOBANK bakaba barashimye intambwe iyo baki imaze kugeraho ariko bagasaba ko bakomeza kunoza service batanga. Zimwe muri serivisi zamuritswe na ECOBANK ubwo abayobozi b’ iyo Bank bahuraga n’... Read More
Rwanda | RUSIZI: Bankiya Kigali igiyegufunguraishamikuIshara-Cimerwa
Abakiriyaba BK mubusabane Ibiniibyatangajwen’umuyoboziwaBankiya Kigali, Bwana James Gatera, kumugorobawokuitarikiya 15 kanama2012, nyumayogusuraibikorwaby’abakiriyabaganyeiyobanki, hagamijwekubagirainamaz’ukobarushahogukorananezakugirangoahoiryoshamirikorerahabashekuzamuka mu rwegorw’ubukungu. Muriiyogahundayogusura no kugenzuraimikorerey’ishamiryaBankiya Kigali mu Bugarama,UmuyoboziMukuruwayo, Gatera James, yijejeabakiriyab’iyobanki,... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Mu meziabirigusa BK imazegutangainguzanyozingananamiliyoni 149.
UbuyobozibwaBankiya Kigali, ishamiryaNyamashekeburatangazakomu meziabirigusarimazeritangiyegukoreramuri aka Karererimazegutangainguzanyozingananamiliyoni 149, indimishingaikirikwigwahoikabaifiteagacirokangananamiliyoni 215. Mu namayahujeumuyobozimukuruwaBankiya Kigali, Gatera James, n’abakiriyab’irishamiryaNyamashekekuriuyuwa 16/08/2012, Gaterayasabyeabakiriyaba BK gufatainguzanyobakanazikoreshanezabirindaigihombo, kuko BK ntibayifuzakoyazagurishaingwatez’abakiriyabayo. Gaterayabwiyeabakiriyaba... Read More
Rwanda : SACCO zirasabwa kugira imikorere myiza zikemura ibizo by’abanyamuryango
Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO arasaba ko za SACCO zikomeza kugira imikorere myiza kugirango zikemure ibibazo by’abanyamuryango bazo. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimana Gilbert yavuze ko kuba abaturage barishyiriye ho icyo kigo cy’imari nacyo kigomba kubateza imbere ku buryo bugaragara. Agira ati “izi SACCO... Read More
Rwanda : Amabanki n’ibigo by’imari bikorera mu Karere ka Nyabihu byasabwe kugaragaza Service biha abaturage
Amabanki n’ibigo by’imari bikorera muri Nyabihu byasabwe gutanga Serivise nziza no kuzimenyekanisha ku baturage Mu nama umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere Mukaminani Angela yakoranye n’abayobozi b’ibigo by’imari n’amabanki akorera mu karere ka Nyabihu ku itariki 24 Mata 2012, yasabye amabanki n’ibigo by’imari kujya bigaragaza serivisi biha abaturage n’igihe... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans