Rwanda | Nyamasheke: Karambi Vision Sacco ikomeje gutera imbere.
Koperative Umurenge sacco y’umurenge wa Karambi (Karambi Vision Sacco) mu karere ka Nyamasheke ikomeje gutera imbere no guteza imbere abakiriya bayo ibaha inguzanyo ndetse inabafasha kwizigamira, dore ko nta kindi kigo cy’imari cyari kibegereye mbere y’uko imirenge sacco itangizwa. Ubwo twasuraga KVS, umuyobozi wayo Bumbari Machiavel yadutangarije ko ubu mu bantu basaga ibihumbi 13 bujuje ibyangombwa byo gukorana n’ibigo by’imari, imaze... Read More
Rwanda | Gakenke: Ubujura bwibasiye SACCO butumye umutekano wazo ucungwa na GASPROCO
Nyuma y’ubujura bwibasiye SACCO, inama yahuje abacungamari ba SACCO n’ubuyobozi bwa koperative y’inkeragutabara ‘GASPROCO’ kuri uyu wa 08/08/2012 yafashe umwanzuro ko umutekano wa SACCO ugomba gucungwa n’inkeragutabara. Ubuyobozi bwa GASPROCO bwijeje abacungamari umutekano w’amafaranga y’abaturage ariko buvuga ko uburinzi bugomba gukorwa nibura n’inkeragutabara ebyiri nijoro zihembwa nibura amafaranga 25.000 ku kwezi. Ubuyobozi... Read More
Rwanda | GISAGARA: UMURENGE WA MUGANZA WAFASHIJE ABATURAGE KWINJIRA MURI SACCO
Ubuyobozi bw’umurenge Sacco mu murenge wa Muganza buratangaza ko abaturage bamaze kwitabira iri shyirahamwe bari ku rwego rushimishije ibi ariko ngo bikaba byaragiye bigerwaho kubufatanye n’ubuyobozi bw’uyu murenge wagiye ufasha abaturage kubasha kuba abanyamuryango bahabwa ibisobanuro bihagije ndetse banahabwa imirimo y’amaboko ibaha amafaranga. N’ubwo bamwe mubaturage bavuga ko bamenye Sacco vuba abandi bakaba ngo batarabasha kuyinjiramo,... Read More
Rwanda | Kinihira: abanyamuryango ba Sacco biyujirije inyubako ifite agaciro ka miliyoni 24
Abanyamuryango ba Sacco urubuto Kinihira Abanyamuryango ba Sacco Urubuto umurenge wa Kinihira mu karere ka Ruhango, barishimira ko bashoboye kwiyubakira inyubako y’umurenge Sacco nta nguzanyo nimwe batse mu mabanki. Iyi nyumbako aba banyamuryango ba Sacco batangiye kuyubaka muri Gashyantare 2012 bayitaha k’umugaragaro tariki ya 20/07/2012. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinihira Uwimana Ernest, avuga ko abaturage b’uyu... Read More
Rwanda | Rusizi: Abaturage b’umurenge wa Bugarama bayobotse Sacco, ngo yabateje imbere bigaragara.
Nyuma y’aho abaturage bayobotse uburyo bwo kwizigamira babitsa amafaranga bakanagurizwa andi mu mirenge Sacco byose bigamije kwiteza imbere ,baratangaza ko bagenda bagerwaho n’inyungu zigaragara ziva muri ubwo buryo bityo n’iterambere rikaba rigenda ribageraho. Ubwo twaganiraga n’abo baturage mu rwego rwo gushaka kumenya neza iby’iryo terambere bamwe mu banyamuryango ba koperative umurenge sacco yitwa uruyange yo mubugarama batangaje... Read More
Rwanda | Rusizi: Abaturage b’umurenge wa Bugarama bayobotse Sacco, ngo yabateje imbere bigaragara.
Nyuma y’aho abaturage bayobotse uburyo bwo kwizigamira babitsa amafaranga bakanagurizwa andi mu mirenge Sacco byose bigamije kwiteza imbere ,baratangaza ko bagenda bagerwaho n’inyungu zigaragara ziva muri ubwo buryo bityo n’iterambere rikaba rigenda ribageraho. Ubwo twaganiraga n’abo baturage mu rwego rwo gushaka kumenya neza iby’iryo terambere bamwe mu banyamuryango ba koperative umurenge sacco yitwa uruyange yo mubugarama batangaje... Read More
Rwanda | Gakenke: Andi mabanki abereye imbogamizi SACCO-Umusingi ya Rushashi
Perezida wa SACCO- Umusingi ya Rushashi, Uwimana Charles asobanura ko igituma abaturage bitatabira kugana SACCO-Umusingi ari ayandi mabanki akorera mu murenge wa Rushashi, bityo akayabonamo imbogamizi. Uwimana avuga ko SACCO yatangiye gukora iza isanga andi mabanki harimo Banki y’Abaturage ya Rushashi na RIM ya Rwankuba bikora kandi abaturage ari zo bakorana nazo, bituma baseta ibirenge mu kuyigana. Mu myaka ibiri n’igice, SACCO-Umusingi... Read More
Rwanda : Inkeragutabara ziyemeje kuyoboka amabanki nyuma yo kuyasobanukirwa
Abagize amakoperative atandukanye y’inkeragutabara mu turere twa Muhanga, Kamonyi, Ruhango, na Nyanza ho mu Ntara y’Amajyepfo baravuga ko bagiye gutinyuka bakegera amabanki kugirango babashe guhabwa inguzanyo bityo barusheho kwiteza imbere. Ibi babivuze ubwo basozaga amahugurwa y’iminsi umunani yabahuje na Komisiyo y’igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza abasirikare mu buzima busanzwe yaberaga mu karere ka Muhanga. Bashingiye... Read More
Rwanda : Mbogo – Koperative MDECO irataganya kwagura imikorere
Koperative yo kubitsa no kugurizanya MDECO yo mu murenge wa Mbogo akarere ka Rulindo, iravuga ko nyuma yo kubona icyangombwa cya burundu kiyemerera gukora ubu igiye kwagura imikorere yayo mu gihuhu hose. Iyi koperative ikora nk’ umurenge SACCO ya Mbogo, ngo yabonye icyemezo cya Burundu, yahawe na banki nkuru y’ igihugu kuwa 17/03/2012. Nk’ uko bivugwa na Ndayizera Theogene umuyobozi w’ iyi koperative, ngo ubu noneho bashobora kwagura... Read More
Ngororero: Abaturage barasabwa kuzigama mu rwego rwo kwizamura mu iterambere
Ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero burasaba abaturage kwitabira kuzigama kuko bizabafasha mu kwizamura bagana ku iterambere. Ubuyobozi bw’ako karere bwo busanga uko bimeze kose abaturage badakwiye kuguma ku muco mubi wo kwigira abatindi ahubwo bakagira umuco wo kuzigama. Ni muri urwo rwego amabanki yatangiye no kwegera aba baturage ngo abasobanurire ibyiza byo gukorana n’amabanki, aho mu minsi ishize banki y’ubucuruzi yitwa Fina Bank... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans