Rwanda | Ngoma: Abakorera mu makoperative barasabwa gukorana n imirenge SACCO
Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma burasaba amakoperative cyane cyane ay’ubuhinzi gukorana n’imirenge SACCO mu rwego rwo kubona ibyo bakeneye mu guteza imbere ubuhinzi bwabo. Ibi Umuyobozi wungirije w’akarere, Mupenzi George, yabivuze ku itariki ya 30 Mutarama mu murenge wa Kibungo ubwo aba bahinzi basabaga ubuyobozi bw’akarere bwabasabira inguzanyo mu mirenge SACCO. MUPENZI yabasobanuriye ko akarere katategeka imirenge SACCO ... Read More
SACCO Nkamira ibaguriza amafaranga bijyanye n umushahara wabo
Abakozi bakora isuku mu mujyi wa Kamembe binubira ko Sacco y’umurenge wa Kamembe yitwa Nkamira bahemberwaho itabaguriza amafaranga arenga 15000 y’u Rwanda. Umwe mu bakozi bakora isuku mu mujyi wa Kamembe bahemberwa muri Sacco Nkamira avuga ko kutagurizwa amafaranga arenga 15000 bitatuma batera imbere nk’abandi kuko amafaranga atarenga 15000 y’u Rwanda ari make kugira ngo umuntu abe yabasha gukora umushinga ugaragara. Umucungamari w’umurenge... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans