Rwanda | Ngoma: Abakorera mu makoperative barasabwa gukorana n imirenge SACCO

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma burasaba amakoperative cyane cyane  ay’ubuhinzi  gukorana n’imirenge SACCO mu rwego rwo kubona ibyo bakeneye mu guteza imbere ubuhinzi bwabo. Ibi  Umuyobozi wungirije w’akarere, Mupenzi George,  yabivuze ku itariki ya 30 Mutarama  mu murenge wa Kibungo ubwo  aba bahinzi basabaga ubuyobozi  bw’akarere bwabasabira inguzanyo mu mirenge SACCO. MUPENZI yabasobanuriye ko akarere katategeka imirenge SACCO ... Read More

SACCO Nkamira ibaguriza amafaranga bijyanye n umushahara wabo

Abakozi bakora isuku mu mujyi wa Kamembe binubira ko Sacco y’umurenge wa Kamembe yitwa Nkamira bahemberwaho itabaguriza amafaranga arenga 15000 y’u Rwanda. Umwe mu bakozi bakora isuku mu mujyi wa Kamembe bahemberwa  muri Sacco Nkamira avuga ko kutagurizwa amafaranga arenga 15000 bitatuma batera imbere nk’abandi kuko amafaranga atarenga 15000 y’u Rwanda ari make kugira ngo umuntu abe yabasha gukora umushinga ugaragara. Umucungamari w’umurenge... Read More