RUSIZI: Abayobozi ba Sacco barigishwa uburyo bw’imikorere ya BDF

Abayobozi b’ibigo by’imari biciriritse cyane cyane abo mu mirenge ya za Sacco n’ibigo byegerejwe abaturage barashishikarizwa gukoresha ibikorwa by’Ikigega cyashyiriweho gufasha abaturage kugirango babashe kugera ku bigo by’imari bityo bahabwe inguzanyo zibafasha kwikura mubukene. Nubwo ibi bigo byashyiriweho abaturage ngo bigaragara ko bihora biririmbwa ariko mubyukuri ngo abaturage byashyiriweho, bamwe  ntibarabisobanukiwe, ibyo bigatuma... Read More

Gakenke: Abanyamuryango batashye inyubako ya SACCO biyubakiye mu mbaraga zabo

Kuri uyu wa Gatanu  tariki 06/06/2013, abanyamuryango ba KAVABU SACCO y’Umurenge wa Karambo ho mu Karere ka Gakenke batashye inyubako ya SACCO yuzuye itwaye  hafi miliyoni 19 n’ibihumbi 300. Ako kayabo k’amafaranga  katurutse  mu misanzu y’abanyamuryango, imigabane shingiro n’inyungu SACCO yabonye mu myaka yatambutse. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke wungirije ushinzwe imibereho myiza, Ntakirutimana Zephyrin witabiriye umuhango wo kuyitaha... Read More

Amajyaruguru : Abacungamutungo ba SACCO barasabwa gutanga serivisi nziza kuko bizongera ababagana

Abacungamutungo ba za SACCO zo muri Gakenke, Gicumbi na Rulindo. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke wungirije ushinzwe Imibereho Myiza, Ntakirutimana Zephyrin arasaba abacungamutungo ba SACCO gutanga serivisi nziza ku baturage babagana kuko bizagira uruhare mu kongera umubare w’abakiriya. Ibi uyu muyobozi yabivuze  mu  nama yahuje  abakozi ba BDF n’abacungamutungo ba SACCO mu Turere twa Gakenke, Gicumbi na Rulindo, inama yabereye  ku biro by’Akarere... Read More

Ngoma: Kubera ibyiza basanze mu murenge SACCO byatumye basaba ko habaho n’utugari SACCO

Abanyamuryango b’umurenge SACCO wa  Zaza ho mu karere ka Ngoma ubwo batahaga kumugaragaro inyubako nshya biyubakiye bavuze ko umurenge SACCO umaze kubageza kuri byinshi ndetse ngo bifuza ko ibyo byiza byakwegerezwa abaturage bikagera mutugali no mu midugudu.  Inzu yatashywe ku mugaragaro itwaye miliyoni hafi 27 z’amafaranga y’urwanda. Iyi nzu yubatswe kuburyo bugezweho kandi ifite n’ikoranabuhanga rya mudasobwa n’ibindi.  Abavuga imyato... Read More

Banki ya kigali yafunguye ishami ryayo rishya mu karere ka Rulindo.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28/5/2013,mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo gufungura ishami rishya rya Banki ya Kigali, umuhango wabereye kuri Entreprise Urwibutso,ari naho iri shami rizakorera . Muri uyu muhango wabereye  aho bita kuri Nyirangarama,ukaba witabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye zigize intara y’amajyaruruguru. Umuyobozi w’akarere ka Rulindo,Kangwagye Justus mu ijambo rye yijeje umuyobozi mukuru wa Banki ya kigali,bwana... Read More

Bukure : Abaturage barishimira ibyiza SACCO yabagejejeho

Inyubako ya sacco Bukure yatashywe ku mugaragaro Ubwo hatahwaga ku mugaragaro inyubako ya sacco y’umurenge wa Bukure mu karere ka Gicumbi irangiye itwaye amafaranga arenga miliyoni makumyabiri n’eshatu  (23589135frw) yatanzwe n’abanyamuryango  bayo ndetse n’abaturage muri rusange. Madamu Mutumwinka Console watanze ubuhamya akaba yashimiye sacco kuko yamukuye mu bukene mu gihe yari ageze mu cyiciro cy’ubukene agera n’aho gutangirwa mutuelle... Read More

Nyagihanga: Barasabwa kwitabira gukorana na SACCO

Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, barashishikarizwa gukorana n’ibigo by’imali iciriritse na za SACCO ngo kuko ariyo nzira yihuse yatuma bivana mu bukene, bakabasha gutera imbere byihuse. Ibi abaturage bo muri uyu Murenge babisabwe n’umuyobozi wa Karere Ruboneza Ambroise ubwo yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya ya Nyagihanga Terimbere SACCO ku wa 8 Gicurasi 2013. Ruboneza... Read More

Kabarondo: Inguzanyo abaturage bahabwa na SACCO zituma barushaho kuyikunda

Bamwe mu banyamuryango ba SACCO Dukire yo mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza bavuga ko uburyo yorohereza abaturage kubona inguzanyo ziciriritse bituma bayigana ari benshi. Ku wambere no ku wakane buri cyumweru kuri Sacco ya Kabarondo haba hari abaturage benshi bashaka serivisi zo kubitsa, kubikuza no gusaba inguzanyo. Bamwe mu bakiriya b’iyo Sacco bavuga ko mbere abaturage batari basobanukiwe n’akamaro ka banki, ariko ubu batangiye kugana... Read More

Rubavu: Sacco itangiye kwigirwaho kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage

Urubyiruko rwishimiye uburyo rutekerezwaho mu kwiteza imbere Ishakwe Nyamyumba Sacco yo mu murenge wa Nyamyumba niyo imaze kuba bandebereho muzindi Sacco kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage bigatuma yitabirwa birenze uko izindi Sacco zo mu turere twa Karongi, Muhanga, Burera na Musanze zitabirwa. Abitabiriye urugendo shuri muri Sacco Ishakwe Nyamyumba bavuga ko Sacco zabo zigifite ikibazo cyo gukorana n’abaturage neza bitabira gufata... Read More

Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO

Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO Ikibazo cya SACCO ya Kintobo ikiri inyuma ni kimwe mu byaje ku ruhembe rw’imbere mu nama ya Forum of finance nk’uko Mukaminani Angela umuyobozi wungirije ushinzwe imari n’ubukungu yabidutangarije SACCO mu mirenge, ni bumwe mu buryo bwashyizweho mu rwego rwo kumenyereza no gukangurira abaturage umuco wo kuzigama no gukorana n’ibigo... Read More

Next Page »