Gicumbi : MINICOM n’Akarere birasuzuma ishyirwamubikorwa ry’amasezerano bagiranye binyujijwe muri SACCO
Minisiteri y’ubucuruzi n’akarere ka Gicumbi barasuzumira hamwe amasezerano bagiranye ajyanye no kwakira no gutanga amafaranga atangwa na ba Rwiyemezamirimo binyuze kuri nkunganire (vouchers), bakareba niba yaratanzwe neza kandi iyi gahunda ikaba yarageze ku ntego zayo. Inama yari irimo Umuhuzabikorwa wa gahunda y’ubujyanama mu bucuruzi (“PROBA” Proximity Business Advisory) na Hangumurimo, Kabahizi Jean Jacques avuga ko hasobanuwe ko amafaranga... Read More
Banki zikorera mu karere ka Gicumbi zigiye kuvugurura imikoranire na Hanga Umurimo
Mu rwego rwo kureba uko abibumbiye muri HANGA UMURIMO mu Karere ka Gicumbi barushaho kugira imikoranire myiza n’ amabanki kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05 Werurwe 2013 mu cyumba cy’ Inama cy’ Akarere ka Gicumbi habereye inama yahuzaga ba Rwiyemezamirimo bagize Hanga Umurimo ndetse n’ abayobozi b’ amabanki akorera muri aka karere biga kuvugurura imikoranire hagati yabo. Uhagarariye hanga umurimo muri MINECOFIN, Albert Bizimana yatangarije... Read More
Rwanda | Gakenke: Amabanki aratungwa urutoki mu kudindiza gahunda ya Hanga umurimo
Amabanki yose ntiyatanze inguzanyo za Hanga umurimo nk’uko yabyemeye. Umukozi wa Minisiteri y’Inganda n’Ubucuruzi ushinzwe ubujyanama muri Gahunda ya Hanga Umurimo mu Karere ka Gakenke, Uwera Jean Claude, atangaza ko amabanki atakoze ibyo yemeye itanga inguzanyo ku mishinga yatoranyije muri gahunda ya Hanga umurimo. Uyu mukozi asobanura ko mu mishinga 20 yatoranyije mu Karere ka Gakenke, ine gusa ari yo yabonye inguzanyo ikaba yaratangiye... Read More
Rwanda | GISAGARA: URUBYIRUKO RURASHISHIKARIZWA KWISHYIRAHAMWE NO KUGANA ZA SACCO
Bikunze kubaho ko urubyiruko rurangije amashuri mu byiciro bitandukanye ndetse n’urutiga, rwicara ruganya ko nta mirimo iriho, kandi ko rutanafite ubushobozi bwo kwikorera. Ibi rero binagaragara mu rubyiruko rw’akarere ka Gisagara, ariyo mpamvu ubuyobozi bubasaba kwitabira kujya mu makoperative ndetse bakagana za Sacco zikabaguriza bagakora imishinga. Bamwe mu barangije amashuri y’imyuga muri aka karere bavuga ko basigaye basa n’aho ntacyo... Read More
Rwanda | Nyanza: Amabanki yiteguye gukorana n’imishinga ya Hanga umurimo
Nkotanyi Thomas, umuyobozi mukuru wa SORWAFA ishinzwe gukurikirana imishinga ya Hanga umurimo ku rwego rw’Intara y’amajyepfo Mu nama y’umunsi umwe yabaye tariki 9/04/2012 i Nyanza muri Heritage Hotel ihuje ba rwiyemezamirimo baturutse mu turere twose tw’Intara y’Amajyepfo amabanki yagaragaje ko yiteguye gukorana n’imishinga ya Hanga umurimo. Equity Bank ni imwe mu banki mashya yiyemeje gukorana na ba rwiyemezamirimo 160... Read More
Rwanda : Nyagatare: Muri Hanga umurimo amabanki afitiye icyizere imishinga yatangiye kurusha imishya
Mu gikorwa cyo gusuzuma imishinga ya Hanga umurimo banayiha amanota, mu Karere ka Nyagatare, abanyamabanki bagaragaje kugirira icyizere imishinga yageragejwe bikagaragara ko ishoboka kurusha ibitekerezo by’imishinga mishya. Eric Rwemarika, umukozi wa BK ushinzwe ishami ritanga inguzanyo avuga ko icyizere cy’imishinga ya muri Hanga umurimo bagikesha gusa ko ari imishinga ifite abandi baterankunga aho agaragaza ko uruhare rw’amabanki ari 50%... Read More
Follow Us!
By OBREAKSL penny stocks