Rwanda | Gakenke: Inyubako 13 za SACCO zigomba kuba zuzuye mbere ya Kanama 2013
Sacco y”umurenge wa Coko yamaze kuzura inakorerwamo. Ubuyobozi bw’Akarere bwa Gakenke bwemeza ko inyubako 13 za SACCO zizaba zuzuye mbere yo Kanama 2013 nk’uko babihize mu mihigo y’umwaka wa 2012-2013. Izo SACCO zose zubakwa ku misanzu y’abaturage. Muri izo SACCO ebyiri z’imirenge ya Coko na Ruli zamaze kuzura kandi ubu zirakorerwamo mu gihe izindi nyubako enye za SACCO zamaze kuzura ku buryo batangiye gukora amasuku. SACCO... Read More
Rwanda | Kinihira: abanyamuryango ba Sacco biyujirije inyubako ifite agaciro ka miliyoni 24
Abanyamuryango ba Sacco urubuto Kinihira Abanyamuryango ba Sacco Urubuto umurenge wa Kinihira mu karere ka Ruhango, barishimira ko bashoboye kwiyubakira inyubako y’umurenge Sacco nta nguzanyo nimwe batse mu mabanki. Iyi nyumbako aba banyamuryango ba Sacco batangiye kuyubaka muri Gashyantare 2012 bayitaha k’umugaragaro tariki ya 20/07/2012. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinihira Uwimana Ernest, avuga ko abaturage b’uyu... Read More
Rwanda | Kamonyi: Sacco z imirenge zatashye inyubako zo gukoreramo ziyujurije
Kuri uyu wa Kane 31/5/2012, koperative 10 zo kubitsa no kuguriza “Umurenge Sacco”, zatashye ku mugaragaro inyubako biyubakiye zo gukoreramo. Izo nyubako nini kandi zisanzuye, zikaba zitanga icyizere ku mikorere inoze ya sacco z’imirenge igize akarere ka Kamonyi. Koperative Sacco zari zisanzwe zikorera mu biro zatijwe n’ubuyobozi bw’imirenge ku buryo nta bwisanzure abakozi n’abanyamuryango bagiraga mu kwaka no gutanga serivisi kuko bakoreraga... Read More
Rwanda | Bugesera : Ibigo by’Umurenge Sacco birimo kuva mu mazu y’ubukode bijya mu nyubako zabyo
Inzu y’umurenge Sacco ya Ngeruka yarangije kuzura itegereje gutahwa Abanyamuryango b’ibigo by’imari byo kuzigama no kugurizanya mu karere ka Bugesera, Umurenge Sacco, baratangaza ko bashishikajwe no gukura ibigo byabo mu mazu y’ubukode ahubwo bikiyubakira amazu bizajya bikoreramo. Hakaba hashize imyaka igera kuri ibiri, abayobozi b’ibyo bigo bashishikariza abanyamuryango bayo igikorwa cyo gushaka uburyo bava mu mazu y’ubukode ahubwo biyubakira... Read More
Rwanda | Ruramira: Abaturage bagiye kwiyuzuriza inzu y umurenge Sacco
Ubwo Guverineri yasuraga ibikorwa byo kubaka Sacco Ruramira Abaturage bo mu murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza bagiye kwiyuzuriza inzu izakoreramo umurenge Sacco wa Ruramira. Iyo nzu ubu igeze igihe cyo kuyikinga no kuyikorera amasuku bagahita batangira kuyikoreramo. Umurenge wa Ruramira kimwe n’indi mirenge igize akarere ka Kayonza, iri ku isonga mu kugira abaturage bafite icyerekezo kigana mu iterambere nk’uko umukozi ushinzwe ubutegetsi... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans