Rutsiro : Imirenge SACCO iratinda kurekura miliyoni 200 z’imisanzu ya mituweli yazinyujijwemo
Imirenge SACCO yo mu karere ka Rutsiro iranengwa kuba yarafatiriye imisanzu y’abanyamuryango b’ubwisungane mu kwivuza igera kuri miliyoni 200 ntiyarekure ngo ajye gukora ibyo yatangiwe bijyanye no kwishyura ubuvuzi bwakorewe abo banyamuryango, imirenge SACCO yo ikavuga ko imwe mu mpamvu zituma iyatindana ari uko ibanza kuyatangaho inguzanyo kugira ngo na yo iboneho inyungu. Kimwe mu bibazo byafashe umwanya munini mu nama yahuje abacungamutungo... Read More
Rwanda | Rutsiro : Sosiyete y’ubwishingizi Prime Life Assurance Ltd yatanze ubwishingizi ku bakiriya b’imirenge sacco
Sosiyete y’ubwishingizi yitwa Prime Life Assurance Ltd ifite gahunda yo gutanga ubwishingizi ku mukiriya wese w’umurenge sacco wafashe inguzanyo,mu gihe agize ubumuga bwa burundu cyangwa akitaba Imana. Icyo gihe sosiyete y’ubwishingizi Prime Life Assurance Ltd ngo ni yo izajya imwishyurira inguzanyo yari asigayemo kwishyura bitabaye ngombwa ko umurenge sacco uteza cyamunara ingwate yari yatanze. Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri iyo sosiyete... Read More
Rwanda | Gakenke: SACCO ya Muzo yemereye abaturage inguzanyo zo kwishyura amafaranga ya mitiweli
Umucungamari wa SACCO ya Muzo, Nzabonimpa Thierry arasaba abaturage bo mu Murenge wa Muzo bishyuye neza inguzanyo z’umwaka ushize kubagana bakabaha inguzanyo zo kwishyura ubwisungane magirirane mu kwivuza. Abantu batandukanye bitabiriye gutangiza icyumweru cya mitiweli Nzabonimpa atangaza ko nta kibazo abaturage bagombye kugira cyo kubura amafaranga ya mitiweli mu gihe bishyuye inguzanyo za mitiweli ishize neza. Mu muhango wo gutangiza icyumweru... Read More
Rwanda | Kayonza: Ubushobozi buke bwa za Sacco butuma umubare w’abitabira ubwisungane mu kwivuza utazamuka cyane
Umuyobozi wa gahunda y’ubwisungane mu kwivuza mu karere ka Kayonza, Bizimana François Xavier, aravuga ko umubare w’abitabira kwishyura umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza utiyongera cyane bitewe n’ubushobozi buke bwa za koperative “Umurenge Sacco” zinyuzwamo amafaranga y’uwo musanzu. Akarere ka Kayonza kageze ku gipimo gisaga gato 30% mu kwishyura ubwisungane mu kwivuza. Muri uyu mwaka wa 2012/2013, ako karere kafashe gahunda y’uko... Read More
Follow Us!
By OBREAKSL penny stocks