Bukure : Abaturage barishimira ibyiza SACCO yabagejejeho
Inyubako ya sacco Bukure yatashywe ku mugaragaro Ubwo hatahwaga ku mugaragaro inyubako ya sacco y’umurenge wa Bukure mu karere ka Gicumbi irangiye itwaye amafaranga arenga miliyoni makumyabiri n’eshatu (23589135frw) yatanzwe n’abanyamuryango bayo ndetse n’abaturage muri rusange. Madamu Mutumwinka Console watanze ubuhamya akaba yashimiye sacco kuko yamukuye mu bukene mu gihe yari ageze mu cyiciro cy’ubukene agera n’aho gutangirwa mutuelle... Read More
Kabarondo: Inguzanyo abaturage bahabwa na SACCO zituma barushaho kuyikunda
Bamwe mu banyamuryango ba SACCO Dukire yo mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza bavuga ko uburyo yorohereza abaturage kubona inguzanyo ziciriritse bituma bayigana ari benshi. Ku wambere no ku wakane buri cyumweru kuri Sacco ya Kabarondo haba hari abaturage benshi bashaka serivisi zo kubitsa, kubikuza no gusaba inguzanyo. Bamwe mu bakiriya b’iyo Sacco bavuga ko mbere abaturage batari basobanukiwe n’akamaro ka banki, ariko ubu batangiye kugana... Read More
Ngororero: Gahunda y’ibimina izwi ku izina rya “tunekwa” ngo ihombya abaturage
Amakuru dukesha abakozi b’imirenge bashinzwe amakoperative mu karere ka Ngororero ni uko bamwe mubaturage bayobotse gahunda y’ibimina mukwaka inguzanyo mubigo by’imari babagana babasaba kubafasha kumvikana n’ibyo bigo ngo bave muri gahunda y’ibimina kuko bibahombya. Impamvu nyamukuru y’uko guhomba, ngo ni uburyo ayo mabanki n’ibigo by’imari bibaha amafaranga ntangwate batanze ahubwo buri wese akishingira mugenzi we maze bamwe muribo... Read More
Gicumbi : MINICOM n’Akarere birasuzuma ishyirwamubikorwa ry’amasezerano bagiranye binyujijwe muri SACCO
Minisiteri y’ubucuruzi n’akarere ka Gicumbi barasuzumira hamwe amasezerano bagiranye ajyanye no kwakira no gutanga amafaranga atangwa na ba Rwiyemezamirimo binyuze kuri nkunganire (vouchers), bakareba niba yaratanzwe neza kandi iyi gahunda ikaba yarageze ku ntego zayo. Inama yari irimo Umuhuzabikorwa wa gahunda y’ubujyanama mu bucuruzi (“PROBA” Proximity Business Advisory) na Hangumurimo, Kabahizi Jean Jacques avuga ko hasobanuwe ko amafaranga... Read More
Nyabihu: Umuti w’abambuye ibigo by’imari bimwe na bimwe bikabiviramo gufunga imiryango, urimo kuvugutwa
Mukaminani Angela, umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko abambuye ibigo by’imari bagiye gukurikiranwa n’inzego z’ubuyobozi Nk’uko Mukaminani Angela abivuga,abambuye ibigo by’imari mu karere ka Nyabihu ni benshi ndetse bimwe mu bigo by’imari bikaba byaranafunze imiryango. Hagamijwe kureba uburyo ibigo by’imari bikorana n’abaturage mu rwego rwo guharanira iterambere ryabo;inama ya Acces to finance forum yateraniye... Read More
Burera: Abaturage barakangurirwa gutinyuka kwaka inguzanyo
Abaturage bo mu karere ka Burera barashishikarizwa kugana ibigo by’imari kugira ngo babibitse mo amafaranga yabo kandi banakemo inguzanyo bityo bave mu bukene bagana ubukire. Gasanamu Musana Innocent, umukozi w’akarere ka Burera ushinzwe amakoperative, abwira abanyaburera ko niba bashaka gukira bagomba gukorana n’ibigo by’imari, cyane cyane SACCO, kuko ariyo ibegereye. Gasanamu akomeza avuga ko nibamara kugana SACCO, bazanatinyuka kwaka mo... Read More
BK iri gutanga umusanzu mu kongera umusaruro w’ibirayi
Nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’igabanuka ry’umusaruro w’ibirayi ryatumye igiciro cyiyongera ku masoko, ubuyobozi bwa banki ya Kigali ishami rya Musanze, bwasanze imwe mu mpamvu itera icyo kibazo ari ubushobozi buke butuma ubuhinzi budakorwa uko bikwiye, maze biyemeza gushyiraho inguzanyo igenewe abahinzi. Iyi nguzanyo itangwa hagendewe ku mahame asanzwe agenga inguzanyo, ngo ifite umwihariko kuko itangira kwishyurwa ari uko umuhinzi amaze... Read More
GISAGARA: UMURENGE SACCO WATUMYE BAMENYA KO ATARI ABAKENE
Mbere yo kugira aho babitsa, bamwe mu batuye umurenge wa Gishubi na Save ho mu karere ka Gisagara bahoraga bakennye bigatuma bumva baragowe ndetse bibarira mu batindi kuko ayo babashaga kwinjiza ntaho bagiraga bayashyira habafasha kuyazigama usibye kuyashyira abanyatubari. Umurenge Sacco aho wagereye mu baturage benshi barawugana batajyanywe gusa no kuguza amafaranga abafasha kwiteza imbere ahubwo bakanajyanwa no kubitsa ayo bakoreye bityo akazagwira... Read More
Rulindo: Umuturage ushaka gukira vuba agane Sacco. Bosenibamwe Aimee
Umuturage ushaka gukira vuba abishatse yagana za Sacco. Aya ni amagambo yavuzwe n’umuyobozi w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimee, ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutaha inyubako nshya za Sacco,Murambi na Masoro tariki 14/3/2013. Abaturage bo muri iyi mirenge yombi, ngo basanga kuba barabashije kwiyubakira inzu nziza zo gukoreramo na za Sacco zabo. Ngo basanga ari ibyo kwishimira ,bakavuga kandi ko ibyiza byose bamaze kugeraho babikesha... Read More
Gakenke: Men urged to help women in acquiring loans
Women during the celebrations of the international women’s day After many complaints from women about their husbands not supporting them when they want to acquire loans from banks, men were advised to help their wives so that they can get such and be able to develop. This was a call from the coordinator of the National women’s council in Gakenke district Immaculee Mukagacinya, who said that many men do not take this as a very important issue,... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans