Gakenke: Abagabo barasabwa guha abagore ingwate ngo babashe kubona inguzanyo
Mukagacinya Immaculee, Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore mu Karere ka Gakenke. Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Akarere ka Gakenke, Mukagacinya Immaculee, arakangurira abagabo guha abagore babo ingwate zo gutanga mu bigo by’imari kugira ngo bahabwe inguzanyo zo gushora mu mirimo ibyara inyungu. Uyu muhuzabikorwa avuga ko abagore benshi babagezaho ikibazo cy’uko bashaka gukoresha amafaranga... Read More
Rubavu : Banki y’abaturage yatanze inguzanyo ibikorwa by’ubwubatsi birakomeza
Ndabaramiye Jimmy uyobora BPR Rubavu Nyuma y’amezi agera kuri 3 abaturage bo mu karere ka Rubavu batse inguzanyo muri banki y’abaturage bavuga ko bahejejwe mu gihirahiro no kudahabwa inguzanyo batse, bashoboye gutangira ukwezi kwa Werurwe bakomeza ibikorwa byabo nyuma yo kubona inguzanyo bari baratse muri iyi banki. Abaturage bagera kuri 93 nibo bashoboye kubona inguzanyo bari baratse banki y’abaturage ya Rubavu, igera kuri miliyoni 700 inyinshi... Read More
Banki zikorera mu karere ka Gicumbi zigiye kuvugurura imikoranire na Hanga Umurimo
Mu rwego rwo kureba uko abibumbiye muri HANGA UMURIMO mu Karere ka Gicumbi barushaho kugira imikoranire myiza n’ amabanki kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05 Werurwe 2013 mu cyumba cy’ Inama cy’ Akarere ka Gicumbi habereye inama yahuzaga ba Rwiyemezamirimo bagize Hanga Umurimo ndetse n’ abayobozi b’ amabanki akorera muri aka karere biga kuvugurura imikoranire hagati yabo. Uhagarariye hanga umurimo muri MINECOFIN, Albert Bizimana yatangarije... Read More
Rusizi: women, youth in training on poverty reduction
As a way to end poverty cycle mainly affecting women and youth in Kamembe sector in Rusizi district, a training prepared by Ministry of Gender and Family Promotion (MIGEPROF) for the youth and Women on how to make money by acquiring simple loans from financial institutions is in process. Workshop attendees closely following the program This training in Kamembe sector brought together people from MIGEPROF and women and youth representatives in all... Read More
RUSIZI: Ikibazo cy’ubukene bwugarije abagore n’urubyiruko ngo kigiye kuvugutirwa umuti binyuze munguzanyo
Mu rwego rwo guteza imbere abagore n’urubyiruko, babavana mungoyi y’ubukene, mu murenge wa Kamembe harabera amahugurwa yateguwe na MIGEPROF agamije gukangurira ibyo byiciro byombi uburyo bwo kumenya gushaka amafaranga aho urwo rwego rukangurira ibigo by’imari biciriritse gushishikariza abagore kwitabira no kumenya gukorana n’ibigo by’imari biciriritse bafata inguzanyo kuko aribwo buryo bwatuma batera imbere. Mu mahugurwa yahuje intumwa... Read More
Muhanga: Abaturage barasaba leta ko yaha ingororano za sacco
Nyuma yo gutezwa imbere n’imirenge sacco, abatuye mu murenge wa Cyeza mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo barasaba leta ko iyi gahunda ya sacco yahabwa igihembo kuko yabakuye habi. Ibi abaturage bakaba babitangaje ubwo batahaga inyubako y’umurenge sacco Ingeri Cyeza bamaze kwiyuzuriza. Iyi Nyubako ikaba yarabatwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 23 zirenga. Mukasine Dative ni umwe mu babitsa muri iyi sacco, avuga ko kugeza ubu iterambere... Read More
RUSIZI: ABAMBUYE IBIGO BY’IMARI IMITUNGO YABO IZAFATIRWA
Abahagarariye ibigo by’imari iciriritse bafatanyije n’abayobozi b’imirenge yo mu karere ka Rusizi, bahawe igihe cy’ukwezi kumwe kugirango babe barangije kwishyuza amafaranga asaga miliyoni mirongo icyenda n’enye yagiye atangwa mu nguzanyo ntiyishyurwe. Uyu mwanzuro wafashwe mu nama yahuje ubuyobizi bw’akarere ka Rusizi n’abahagarariye ibigo by’imari ndetse n’abahagarariye amabanki bose bakorera mu karere ka Rusizi. Abayobozi mu mirenge... Read More
Muhanga: Abambuye za microfinance barasabwa kudatuza batarishyura kuko ubuyobozi butazabarebera gusa
Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko butazarebera na busa abambuye ibigo by’imari iciriritse (microfionance) byafunze kubera igihombo mu myaka yashize kuko bagiye guhagurukirwa. Ubu buyobozi buratangaza ko nubwo hashize igihe kitari gito butibagiwe abambuye ibigo kuko igihombo cyabyo cyagize ingaruka ku babiganaga, hari abantu batari bake imari yabo yagiye ihaburira kuko hataraboneka amafaranga yo kubishyura. Iki kibazo kandi kugeza... Read More
Rwanda : Barasabwa gukorana n’ amabanki bagifite agatege.
Abakiri bato barasabwa gukorana n’amabanki bagifite agatege nk’uko babisabwa na Kayiranga Gaston, umuhuzabikorwa w’urubyiruko mu murenge wa Shyorongi ho mu karere ka Rulindo. Kayiranga avuga ko urubyiruko rwagombye kwegera amabanki bagafata inguzanyo mu rwego rwo gushaka icyo bakora cyabateza imbere . Avuga kandi ko ngo umuntu akora cyane mu gihe aba akiri muto,ngo kuko iyo amaze gusaza nta mbaraga zo gukora zihagije aba agifite. Akaba... Read More
Muhanga: Amabanki arasaba ubuyobozi kubafasha gukurikirana ababambuye
Abanyamabanki n’abahagarariye ibigo by’imari mu karere ka Muhanga barasaba ubuyobozi bw’aka karere kubafasha gukurikirana abantu babambuye. Mu kiganiro bagiranye n’ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga, aba bahagarariye ibi bigo n’amabanki batangaje ko bafite abantu kugeza ubu bamaze igihe baratse inguzanyo ariko bakaba baranze kuzishyura nk’uko babyiyemeje mu masezerano bagiranye bajya kwaka inguzanyo. Bavuga kandi ko hari n’abandi bafashe... Read More
Follow Us!
By AHRALLS payday loans