Gicumbi : MINICOM n’Akarere birasuzuma ishyirwamubikorwa ry’amasezerano bagiranye binyujijwe muri SACCO

Minisiteri y’ubucuruzi n’akarere ka Gicumbi barasuzumira hamwe amasezerano bagiranye ajyanye no kwakira no gutanga amafaranga atangwa na ba Rwiyemezamirimo binyuze kuri nkunganire (vouchers), bakareba niba yaratanzwe neza kandi iyi gahunda ikaba yarageze ku ntego zayo. Inama yari irimo Umuhuzabikorwa wa gahunda y’ubujyanama mu bucuruzi (“PROBA” Proximity Business Advisory) na Hangumurimo, Kabahizi Jean Jacques avuga ko hasobanuwe ko amafaranga... Read More

Rwanda | Gakenke: Amabanki aratungwa urutoki mu kudindiza gahunda ya Hanga umurimo

Amabanki yose ntiyatanze inguzanyo za Hanga umurimo nk’uko yabyemeye. Umukozi wa Minisiteri y’Inganda n’Ubucuruzi ushinzwe ubujyanama muri Gahunda ya Hanga Umurimo mu Karere ka Gakenke, Uwera Jean Claude, atangaza ko amabanki atakoze ibyo yemeye itanga inguzanyo ku mishinga yatoranyije muri gahunda ya Hanga umurimo. Uyu mukozi asobanura ko mu mishinga 20 yatoranyije mu Karere ka Gakenke, ine gusa ari yo yabonye inguzanyo ikaba yaratangiye... Read More

Rwanda : Amafaranga atangwa n amabanki si ayo gukoresha mu byo atagenewe. – Umukozi wa SORWAFFA

Niyomusabye Aime – Emmanuel Umukozi wa SORWAFFA Abantu 40 bo mu turere twa Nyanza na Ruhango byagaragaye ko bafite imishinga yizwe neza muri gahunda yo  kwihangira imirimo ubwo bahabwaga amahugurwa yo kuva tariki 19 kugeza 22/03/2012 i Nyanza muri Heritage Hotel bibukijwe ko amafaranga atangwa n’amabanki atari ayo gukoresha mu byo bishakiye. Ibyo byagarutsweho na Niyomusabye Aime – Emmanuel, umukozi w’ikigo cya SORWAFFA gishinzwe guhuza... Read More