Rutsiro : Imirenge SACCO iratinda kurekura miliyoni 200 z’imisanzu ya mituweli yazinyujijwemo
Imirenge SACCO yo mu karere ka Rutsiro iranengwa kuba yarafatiriye imisanzu y’abanyamuryango b’ubwisungane mu kwivuza igera kuri miliyoni 200 ntiyarekure ngo ajye gukora ibyo yatangiwe bijyanye no kwishyura ubuvuzi bwakorewe abo banyamuryango, imirenge SACCO yo ikavuga ko imwe mu mpamvu zituma iyatindana ari uko ibanza kuyatangaho inguzanyo kugira ngo na yo iboneho inyungu. Kimwe mu bibazo byafashe umwanya munini mu nama yahuje abacungamutungo... Read More
Rubavu: Sacco itangiye kwigirwaho kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage
Urubyiruko rwishimiye uburyo rutekerezwaho mu kwiteza imbere Ishakwe Nyamyumba Sacco yo mu murenge wa Nyamyumba niyo imaze kuba bandebereho muzindi Sacco kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage bigatuma yitabirwa birenze uko izindi Sacco zo mu turere twa Karongi, Muhanga, Burera na Musanze zitabirwa. Abitabiriye urugendo shuri muri Sacco Ishakwe Nyamyumba bavuga ko Sacco zabo zigifite ikibazo cyo gukorana n’abaturage neza bitabira gufata... Read More
Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO
Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO Ikibazo cya SACCO ya Kintobo ikiri inyuma ni kimwe mu byaje ku ruhembe rw’imbere mu nama ya Forum of finance nk’uko Mukaminani Angela umuyobozi wungirije ushinzwe imari n’ubukungu yabidutangarije SACCO mu mirenge, ni bumwe mu buryo bwashyizweho mu rwego rwo kumenyereza no gukangurira abaturage umuco wo kuzigama no gukorana n’ibigo... Read More
Gakenke: Nemba SACCO plays big role in local people development
Residents of Nemba sector in Gakenke District have commended some activities among which is working with sectors saving and Credit Cooperatives (SACCO) as a sure way of developing any local person by saving little amount of money. One of many other beneficiaries Francoise Uwurukundo a resident of Nemba sector in Gakenke District testifies, “Working in this SACCO helped me save much. I used to keep money in my pockets and near my reach and I could... Read More
Nemba: Gukorana na SACCO bifasha kuzigama amafaranga
Uwurukundo avuga ko SACCO yamufashije kuzigama. Uwurukundo Francoise, umubyeyi utuye mu Kagali ka Gahinga, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Gakenke ashimangira ko gukorana na SACCO ari bwo buryo bwiza bufasha umuturage kwizigamira amafaranga. Uyu mubyeyi wambaye neza ndetse unacyeye ku isura, amaze amezi umunani ari umunyamuryango wa SACCO y’Umurenge wa Nemba. Nyuma yo kubitsa, Uwukundo avuga ko mu gihe cy’amezi umunani amaze akorana na saco yamufashije... Read More
Gatsibo: Umuco wo kuzigama bamaze kuwugira uwabo
Abatuye akarere ka Gatsibo bamenye akamaro ko gukorana n’ibigo by’imali Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bakomeje urugamba rwo kwikura mu bukene, barasabwa gukomeza kurushaho kwimakaza umuco wo kuzigama kugira ngo babashe kwiteza imbere bahanga umurimo. Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu, Habarurema Isaie, ubwo twaganiraga yadutangarije ko umuco wo kwizigamira abaturage ba Gatsibo bamaze kuwitabira ku kigero gishimishije. Habarurema... Read More
Gakenke: Barakangurirwa gucunga neza amafaranga y’abaturage
Abacungamari ba SACCO baributswa ko bafite inshingano zo gucunga neza amafaranga y’abaturage bakirinda uburangare bwatuma ayo mafaranga y’abaturage yibwa. Ibi byagarutsweho mu nama yo kugeza inguzanyo ku baturage (access to finance). yabaye kuri uyu wa gatanu tariki 08/02/2013 mu karere ka gakenke. Umucungamari wa SACCO ya Kamubuga yasize adakinze inyubako ikorerwamo na SACCO, ku bw’amahirwe ntihagira ifaranga na rimwe ryibwa. Ngo uburangare... Read More
Rwanda | Gatsibo: financial institutions to strengthen their security
Members of Savings and Credit Cooperatives (SACCOS) in sectors of Gatsibo district demand that cooperatives be strengthened for reliable security of their money after being aware that their money are not very secure. On the counters This issue was discussed on Thursday the 3rd.Jan.2013 in the mee6ting that was meant to encourage SACCO members in Gatsibo sector to actively work with different financial institutions in 2013. The district administration... Read More
Rwanda| Gatsibo: Barasaba ko umuteka w’amafranga babitsa muri za Sacco urushaho kubungabungwa
Kuri za Guichet usanga abaturage batizeye umutekano w’amafranga yabo Bimaze kugaragara ko umutekano w’amafranga abikwa mu bigo by’imali iciriritse naza Sacco udahagije mu Karere ka Gatsibo. Kubwiyo mpamvu abagana ibi bigo bifuje ko hakongerwa ingufu mu kubungabunga umutekano wayo w’amafranga. Iki kibazo cyagarutsweho kuri uyu wa kane tariki 03 Mutarama, mu nama yashishikarizaga abatuye Umurenge wa Gatsibo kurushaho kwitabira kugana amabanki... Read More
RWANDA | RUSIZI: BARASABWA KWIRINDA INGESO YO KWIBIKIRA AMAFARANGA MURI ZA MUTAMENWA ZABO
Ibyo ni ibyasabwe n’umuyobozi wa banki nkuru y’URwanda ishami rya Rusizi Mirindi Johnson, ubwo habaga inama yahuje abayobozi batandukanye n’abacuruzi bo mu karere ka Rusizi mumpera z’ikicyumweru cyashize, tariki 16/11/2012 aho ngo bimaze kumenyekana ko abacuruzi bo muri ako karere bivanga munshingano zitabareba kandi zishobora kubazanira ingaruka zitari nziza Zimwe muri izo ngeso harimo kuba batabitsa amafaranga yose muri za banki ahubwo bakayibikira... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans