Rwanda | Nyamagabe: Youth told to cling to saving culture as personal basics and value
In the celebrations of the savings day which was celebrated on the 1st.Nov.2012 in Nyamagabe district, the minister of the youth and ICT Jean Philbert Nsengimana asked residents of Nyamagabe district to develop the habit of savings as a way of valuing themselves and attaining development. Minister Nsengimana said that no single person that can fail to save for a person should not save what remains after consumption but should be ready to save and... Read More
Rwanda | Nyamagabe: Abaturage baratangaza ko hari icyo bagezeho babikesha kwizigamira.
Abaturage bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyamagabe bakorana n’umushinga CHF international Ejo heza baratangaza ko hari icyo bigejejeho nyuma yo guhurizwa hamwe mu matsinda bakanigishwa kwizigamira, ngo kuko ubu basigaye babasha kwibonera bimwe mu byo bageragaho basabye cyangwa se bavunitse. Ubwo bitabiraga umunsi wahariwe kuzirikana kwizigamira wizihijwe ku rwego rw’akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa kane tariki 1/11/2012, aba baturage... Read More
Rwanda | Rubavu: urubyiruko rurahamagarirwa kwitoza kuzigama
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kuzigama uba taliki ya 31/10/2012, urubyiruko rwo mu karere ka Rubavu rwahamagariwe gutora umuco wo kuzigama bakiri bato kugira ngo bazakure bazi kwizigamira n’imikoreshereze y’amafaranga. Umuco wo kwizigamira k’urubyiruko rukiga mu mashuri abanza ntibyari bisanzwe, ariko kubera ko byagaragaye ko ibyo umwana atojwe akiri muto abikurana, urubyiruko rwiga mu mashuri mato ruhamagarirwa kwitoza kuzigama kugira... Read More
Nyamagabe: Kwizigamira ni imwe mu nkingi zo kwihesha agaciro- Min. Nsengimana J.Philbert.
Mu muhango wo kwizihiza umunsi wo kwizigamira wizihijwe kuri uyu wa kane tariki ya 1/11/2012 mu karere ka Nyamagabe, Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu Isakazabumenyi, Nsengimana Jean Philbert yasabye abatuye akarere ka Nyamagabe kugira umuco wo kwizigamira nk’inzira yo kwihesha agaciro. Ageza ijambo ku bitabiriye uwo muhango, Minisitiri Nsengimana yabwiye abaturage ko nta muntu n’umwe utashobora kwizigamira, kuko umuntu... Read More
Rwanda | Rutsiro : abaturage basobanuriwe ko kwizigamira atari iby’abifite gusa
Abaturage bo mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro bibumbiye mu matsinda akorana n’umushinga EJO HEZA bavuga ko bamaze kubona inyungu zo kwizigamira bahereye kuri bicye, bakaba bahamagarira bagenzi babo kwitabira ibigo by’imari iciriritse n’amabanki kugira ngo na bo bizigamire bityo barusheho kwiteza imbere. Mu birori byo kwizihiza icyumweru cyahariwe kuzigama byabereye mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro ku itariki ya 30/11/2012... Read More
Rwanda | Muhanga: biyemeje gushyira abaturage mu mabanki guhera ku bafite imyaka18
Umuyobozi w’akarere ka muhanga Yvonne Mutakwasuku Akarere ka Muhanga kihaye gahunda yo gufasha abaturage bari mu kigero cyo kuva ku myaka 18 kuzamura, gufunguza amakonti muri banki mu rwego rwo kwizigamira. Ibi aka karere kabikoze mu gihe benshi mu baturarwanda usanga bataritabira gukoresha amabanki mu rwego rwo kwizigamira ndetse no kuzamura ubukungu bwabo. Ubuyobozi bw’aka karere butangaza ko nubwo muri aka karere hari ibigo by’imari... Read More
Rwanda : Abakozi ba SACCO n’abaturage bazigana bitondere amafaranga y’amahimbano-Mayor wa Rwamagana
Umuyobozi wa Rwamagana arasaba ubushishozi mu gutahura mafaranga y’amakorano Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, bwana Uwimana Nehemie arasaba abakozi ba SACCO ndetse n’abaturage bakoresha ibi bigo by’imari bya SACCO mu kubitsa, kubikuza no kuzigama kwitondera amafaranga menshi y’amakorano amaze iminsi atahurwa mu Karere ka Rwamagana. Bwana Uwimana Nehemie yatumye Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ya Rwamagana gutanga ubutumwa mu... Read More
Rwanda | Gakenke: GASPROCO members to keep SACCO’s security
Following theft in Sacco, it was resolved that reserved forces protect Sacco during the meeting that attracted Sacco Accountants and GASPROCO (reserved forces cooperative) on August 8th 2012. The cooperative leadership assured Sacco accountants to protect resident’s money but say two reserve forces should work together and with the salary of Rwf25.000 per month. Cooperative leadership adds they use committed ex-soldiers and local defense that are... Read More
Rwanda : Rwanda’s economy will not be affected by Aid cut-offs
Central Bank governor, Ambassodor Claver Gatete has revealed that the UK, Netherlands and US cutting aid to Rwanda will not destabilize the country’s economy. “The money suspended was only a small part of the budget, so the economy won’t be affected,” said Gatete. He added that the country’s financial sector has continued to be sound and stable. The national institute of statistics rated GDP growth for the first semester of this year at... Read More
Rwanda : SACCO Workers and Accountants trained on capacity building
Leaders and Accountants and workers of Savings and Credit Cooperatives (SACCO) in the Eastern Province of Rwanda met in a workshop in Rwamagana District to study together and exchange ideas on good management. This workshop was attended by the auditing council, a leader that was appointed by SACCO members and the manager of every SACCO in Eastern province of Rwanda. Jackson Rwikiliza who works in Rwanda Cooperative Agency and who was among the trainers... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans