Nyamagabe: District opens New Sacco building worth Rwf 14m

“Indashyikirwa Mushubi Sacco”, found in Mushubi sector,Nyamgabe district promised to improve on service delivery to its clients which has not been the case before, since it has been working in a two rooms building offered by the sector. This was said by the Presidents to the governing board of this Sacco Jean Baptiste Urimumahoro on the 14th/06/2013, while entering a new building worth Rwf 14,667,866million. “Working in such a small place, attending... Read More

Nyamagabe: Inyubako Indashyikirwa Mushubi Sacco yujuje ngo izafasha mu mitangire ya serivisi nziza.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/06/2013, abanyamuryango ba koperative yo kubitsa no kugurizanya y’umurenge wa Mushubi “Indashyikirwa Mushubi Sacco” batashye inyubako yo gukoreramo biyubakiye, ikaba yaratwaye miliyoni 14 n’ibihumbi 667 n’amafaranga 866 y’u Rwanda (14,667,866 Rwf). Urimumahoro Jean Baptiste, perezida w’inama y’ubutegetsi y’indashyikirwa Mushubi Sacco avuga ko mbere bakoreraga mu byumba bibiri bari baratijwe n’umurenge... Read More

Nyamagabe: Sacco yamukuye ku guca inshuro.

Mukankaka Cléméntine, umugore wo mu murenge wa Kaduha aratangaza ko gukorana na koperative yo kubitsa no kugurizanya umurenge sacco ya Kaduha byatumye aca ukubiri no gukorera abandi ngo kuko yari atunzwe no guca inshuro. Mukankaka atangaza ko yari umukene atunzwe no guhingira amafaranga magana atanu ku munsi akaza kuyoboka sacco y’umurenge wa Kaduha yitwa “urufunguzo rw’ubukire” maze agahera ku nguzanyo y’ibihumbi 10 ubu akaba amaze gutera... Read More

Nyamagabe: Abanyamuryango ba Sacco ya Kaduha batashye inyubako yo gukoreramo biyujurije.

  Kuri uyu wa kane tariki ya 28/02/2013, abanyamuryango ba Koperative Umurenge sacco “urufunguzo rw’ubukire” y’umurenge wa Kaduha mu karere ka Nyamagabe batashye ku mugaragaro inyubako yo gukoreramo ijyanye n’igihe, ikaba yuzuye ibatwaye akayabo ka miliyoni zikabakaba 20 z’amafaranga y’u Rwanda. Gashema Jean de Dieu, perezida w’inama y’ubutegetsi ya Koperative “urufunguzo rw’ubukire” Kaduha atangaza ko kuba biyujurije... Read More

Rwanda : Nyamagabe: Kaduha VUP promotes saving in local people

Saving and investing the money they work for in VUP (Vision Umurenge Program) for a future when this program ceases to operate with them is their goal says residents of Kaduha sector in Nyamagabe district that work for VUP. These residents are hopeful that they will achieve a lot from the Rwf1000 they work for a day in VUP while providing their family needs since most of the people in this group are in the vulnerable and very poor classes of the... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Abakora muri VUP mu murenge wa Kaduha ngo bimirije imbere kwizigamira.

Abaturage bo mu murenge wa Kaduha wo mu karere ka Nyamagabe bakora muri VUP baratangaza ko icyo bashyize imbere ari ukwizigamira kugira ngo amafaranga bakorera azabashe kugira icyo abasigira no mu gihe uyu mushinga wa VUP uzaba wararangiye. Aba baturage bavuga ko bategereje kugera kuri byinshi bakesha amafaranga 1,000 bazajya bakorera ku  munsi harimo kwikenura mu ngo, dore ko abenshi mu bakoramo babarizwa mu cyiciro cy’abatindi ndetse n’abatindi... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Amatsinda yo kwizigamira arakataje mu murenge wa Nkomane

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11/12/2012 mu Murenge wa Nkomane habaye ibirori byo kwishimira ibyagezweho mu rwego rwo kwizigamira biciye mu matsinda. Ibyo birori byahuje abaturage bo mu kagari ka Twiya, aho amatsinda 2 agizwe n’abagore 60 bishyize hamwe kugira ngo baterane ingabo mu bitugu bazamurane bagana ku iterambere. Aya matsinda yihaye intego yo kwizigamira buri cyumweru amafaranga 350 agashyirwa kuri konti bafunguje muri koperative umurenge-SACCO... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Abaturage basaga ibihumbi 54 bakorana n’umurenge sacco.

Ibiro by’akarere ka nyamagabe Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe butangaza ko kuva koperative zo kubitsa no kugurizanya “Umurenge sacco” zatangira gukora, abaturage barenga ibihumbi 54 bakorana n’izi koperative uko ari 17 ziri mu karere ka Nyamagabe. Muri aba banyamuryango ba koperative umurenge sacco, abagabo nibo benshi kuko basaga gato ibihumbi 29, abagore bakaba bangana n’ibihumbi 21, naho amatsinda, amashyirahamwe n’ibimina byizigamira... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Youth told to cling to saving culture as personal basics and value

In the celebrations of the savings day which was celebrated on the 1st.Nov.2012 in Nyamagabe district, the minister of the youth and ICT Jean Philbert Nsengimana asked residents of Nyamagabe district to develop the habit of savings as a way of valuing themselves and attaining development. Minister Nsengimana said that no single person that can fail to save for a person should not save what remains after consumption but should be ready to save and... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Abaturage baratangaza ko hari icyo bagezeho babikesha kwizigamira.

Abaturage bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyamagabe bakorana n’umushinga CHF international Ejo heza baratangaza ko hari icyo bigejejeho nyuma yo guhurizwa hamwe mu matsinda bakanigishwa kwizigamira, ngo kuko ubu basigaye babasha kwibonera bimwe mu byo bageragaho basabye cyangwa se bavunitse. Ubwo bitabiraga umunsi wahariwe kuzirikana kwizigamira wizihijwe ku rwego rw’akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa kane tariki 1/11/2012, aba baturage... Read More

Next Page »