Rwanda | Nyamasheke: Koperative Umwarimu SACCO ya Nyamasheke irasabwa kunoza serivisi itanga
Abarimu bakorana na Koperative Umwarimu SACCO, Ishami rikorera mu Karere ka Nyamasheke barinubira imikorere mibi y’iyi koperative babereye abanyamuryango bakavuga ko barambiwe agasuzuguro k’abakozi bayikoramo, basuzugura abarimu baba baje babagana kandi ari bo bakiriya babo. Ibi biratangazwa n’abarimu bakorera muri ako karere bavuga ko imikorere y’iyi koperative idahwitse. Mu nama yabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 9 Ukwakira,2012 igahuza... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Ibigo by’imari byasabwe kurangwa n’imikorere myiza.
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03/10/2012, inama y’ihuriro ry’abantu barebera hafi imikorere y’ibigo by’imari (Access to finance forum) mu karere ka Nyamasheke yateranye, igamije kurebera hamwe imikorere y’ibigo by’imari n’imbogamizi bihura nazo mu kazi kabyo ka buri munsi. Afungura iyi nama ku mugaragaro, umuyobozi w’iri huriro, Bahizi Charles yasabye abagize ibigo by’imari kurangwa n’imikorere myiza ngo bakure abaturage mu bukene,... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Karambi Vision Sacco ikomeje gutera imbere.
Koperative Umurenge sacco y’umurenge wa Karambi (Karambi Vision Sacco) mu karere ka Nyamasheke ikomeje gutera imbere no guteza imbere abakiriya bayo ibaha inguzanyo ndetse inabafasha kwizigamira, dore ko nta kindi kigo cy’imari cyari kibegereye mbere y’uko imirenge sacco itangizwa. Ubwo twasuraga KVS, umuyobozi wayo Bumbari Machiavel yadutangarije ko ubu mu bantu basaga ibihumbi 13 bujuje ibyangombwa byo gukorana n’ibigo by’imari, imaze... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Mu meziabirigusa BK imazegutangainguzanyozingananamiliyoni 149.
UbuyobozibwaBankiya Kigali, ishamiryaNyamashekeburatangazakomu meziabirigusarimazeritangiyegukoreramuri aka Karererimazegutangainguzanyozingananamiliyoni 149, indimishingaikirikwigwahoikabaifiteagacirokangananamiliyoni 215. Mu namayahujeumuyobozimukuruwaBankiya Kigali, Gatera James, n’abakiriyab’irishamiryaNyamashekekuriuyuwa 16/08/2012, Gaterayasabyeabakiriyaba BK gufatainguzanyobakanazikoreshanezabirindaigihombo, kuko BK ntibayifuzakoyazagurishaingwatez’abakiriyabayo. Gaterayabwiyeabakiriyaba... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Imirenge sacco yashyikirijwe mudasobwa
Kuri uyu wa kane tariki ya 19 Mata 2012, Koperative 15 z’imirenge Sacco zose zigize akarere ka Nyamasheke zashyikirijwe ibikoresho by’ikoranabuhanga bigizwe na mudasobwa ndetse na imprimante. Ibi bikoresho byatanzwe mu rwego rwo gufasha aya makoperative y’imirenge sacco kwiyubaka no gukora ku buryo bujyanye n’iterambere, bityo mu gihe tugezemo buri Koperative ikaba igomba gukoresha mudasobwa nk’uko twabitangarijwe n’intumwa y’ikigo... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Ubuyobozi bwa Sacco Cyato burasaba ubufasha mu kubona inyoroshyangendo
Mu muhango wo gutaha inyubako ya koperative yo kubitsa no kugurizanya y’umurenge wa Cyato (umurenge sacco cyato) wabaye kuwa 28/03/2012, ubuyobozi bw’iyi koperative bwagaragaje ko gukora ingendo bajya kuri banki bakorana bitaborohera kuko iri kure kandi n’agace batuyemo bikaba bitoroshye kukagenda. Inyubako nshya ya Sacco Cyato Perezida wa koperative yo kubitsa no kugurizanya y’umurenge wa Cyato, Nshimiyimana Jean Pierre, yavuze ko nta modoka... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Umurenge sacco Cyato wabakuye mu bwigunge.
Abaturage b’umurenge wa cyato mu karere ka nyamasheke baratangaza ko umurenge koperative umurenge sacco ya cyato yabakuye mu bwigenge kuko basigaye babona aho kubitsa amafaranaga yabo badakoze urugendo rurerure. Nk’uko byavuzwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyato, Nkinzingabo Patrice, mu muhango wo gutaha ku mugaragaro inzu yo gukoreramo sacco Cyato yiyujurije wabaye taliki ya 28 werurwe 2012, mbere y’umwaka wa 2009... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Imishinga itandukanye yafashije sacco Cyato gukomera
Mu muhango wo gutaha ku mugaragaro inyubako umurenge sacco ya Cyato izajya ikoreramo, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyato, Nkinzingabo Patrice, yashimiye abayobozi b’imishinga itandukanye bagize uruhare runini mu gutuma umurenge sacco wa cyato ukomera nk’uko umeze ubu. Nkinzingabo yavuze ko iyo mishinga yakanguriye abakozi n’abagenerwabikorwa bayo ibyiza byo gukorana n’ibigo by’imari n’amabanki maze bituma bafunguzamo... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Sacco y’umurenge wa Cyato yatashye inzu yiyujurije ya miliyoni 18.
Tariki 28/3/2012, koperative umurenge sacco ya cyato yatashye ku mugaragaro inzu yo gukoreramo yiyujurije itwaye akayabo ka miliyoni 18 zirenga (18,021,925 Frw) z’amafaranga y’u Rwanda. Nk’uko perezida wa koperative ya sacco cyato, Nshimiyimana Jean Pierre yabivuze, ngo aya mafaranga yose nta nguzanyo umurenge sacco wigeze ufata kuko abanyamuryango batanze umusanzu ungana na miliyoni zisaga eshatu, izindi hafi 15 zikaba zaravuye mu bikorwa bya... Read More
Rwanda | Nyamasheke: KCB irashaka gukorana n’ibigo by’imari iciritse mu rwego rwo kwegereza serivisi abakiriya
Banki y’ubucuruzi ya Kenya (KCB) irateganya gukorana n’ibigo by’imari iciriritse mu rwego rwo kurushaho kwegereza serivisi abakiriya bayo, nk’uko byatangajwe na Karegeya Fabrice ushinzwe kumenyekanisha serivisi za KCB. Karegeya Fabrice ushinzwe kumenyekanisha serivisi za KCB Mu nama y’ihuriro ry’abantu barebana n’imari (Access to Finance Forum) mu karere ka Nyamasheke yateranye kuri uyu wa gatatu, Karegeya yasobanuye uko ubwo bufatanye... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans