GISAGARA: UMURENGE SACCO WATUMYE BAMENYA KO ATARI ABAKENE
Mbere yo kugira aho babitsa, bamwe mu batuye umurenge wa Gishubi na Save ho mu karere ka Gisagara bahoraga bakennye bigatuma bumva baragowe ndetse bibarira mu batindi kuko ayo babashaga kwinjiza ntaho bagiraga bayashyira habafasha kuyazigama usibye kuyashyira abanyatubari. Umurenge Sacco aho wagereye mu baturage benshi barawugana batajyanywe gusa no kuguza amafaranga abafasha kwiteza imbere ahubwo bakanajyanwa no kubitsa ayo bakoreye bityo akazagwira... Read More
Rulindo: Umuturage ushaka gukira vuba agane Sacco. Bosenibamwe Aimee
Umuturage ushaka gukira vuba abishatse yagana za Sacco. Aya ni amagambo yavuzwe n’umuyobozi w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimee, ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutaha inyubako nshya za Sacco,Murambi na Masoro tariki 14/3/2013. Abaturage bo muri iyi mirenge yombi, ngo basanga kuba barabashije kwiyubakira inzu nziza zo gukoreramo na za Sacco zabo. Ngo basanga ari ibyo kwishimira ,bakavuga kandi ko ibyiza byose bamaze kugeraho babikesha... Read More
Gakenke: Nemba SACCO plays big role in local people development
Residents of Nemba sector in Gakenke District have commended some activities among which is working with sectors saving and Credit Cooperatives (SACCO) as a sure way of developing any local person by saving little amount of money. One of many other beneficiaries Francoise Uwurukundo a resident of Nemba sector in Gakenke District testifies, “Working in this SACCO helped me save much. I used to keep money in my pockets and near my reach and I could... Read More
Nemba: Gukorana na SACCO bifasha kuzigama amafaranga
Uwurukundo avuga ko SACCO yamufashije kuzigama. Uwurukundo Francoise, umubyeyi utuye mu Kagali ka Gahinga, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Gakenke ashimangira ko gukorana na SACCO ari bwo buryo bwiza bufasha umuturage kwizigamira amafaranga. Uyu mubyeyi wambaye neza ndetse unacyeye ku isura, amaze amezi umunani ari umunyamuryango wa SACCO y’Umurenge wa Nemba. Nyuma yo kubitsa, Uwukundo avuga ko mu gihe cy’amezi umunani amaze akorana na saco yamufashije... Read More
Nyamagabe: Sacco yamukuye ku guca inshuro.
Mukankaka Cléméntine, umugore wo mu murenge wa Kaduha aratangaza ko gukorana na koperative yo kubitsa no kugurizanya umurenge sacco ya Kaduha byatumye aca ukubiri no gukorera abandi ngo kuko yari atunzwe no guca inshuro. Mukankaka atangaza ko yari umukene atunzwe no guhingira amafaranga magana atanu ku munsi akaza kuyoboka sacco y’umurenge wa Kaduha yitwa “urufunguzo rw’ubukire” maze agahera ku nguzanyo y’ibihumbi 10 ubu akaba amaze gutera... Read More
Abaturage ba Bugesera barasabwa kwitabira gukorana na Sacco kugirango babashe gutera imbere
Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere Rukundo Julius ashishikariza abaturage gukorana na sacco Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera burakangurira abaturage bose kugana ibigo by’imari Umurenge Sacco bagakorana na byo neza kugira ngo babashe gutera imbere. Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere Rukundo Julius yabwiye abo baturage ko badashobora gutera imbere mu bijyanye n’ubukungu bategereye... Read More
Gatsibo: Umuco wo kuzigama bamaze kuwugira uwabo
Abatuye akarere ka Gatsibo bamenye akamaro ko gukorana n’ibigo by’imali Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bakomeje urugamba rwo kwikura mu bukene, barasabwa gukomeza kurushaho kwimakaza umuco wo kuzigama kugira ngo babashe kwiteza imbere bahanga umurimo. Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu, Habarurema Isaie, ubwo twaganiraga yadutangarije ko umuco wo kwizigamira abaturage ba Gatsibo bamaze kuwitabira ku kigero gishimishije. Habarurema... Read More
Muhanga: Abaturage barasaba leta ko yaha ingororano za sacco
Nyuma yo gutezwa imbere n’imirenge sacco, abatuye mu murenge wa Cyeza mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo barasaba leta ko iyi gahunda ya sacco yahabwa igihembo kuko yabakuye habi. Ibi abaturage bakaba babitangaje ubwo batahaga inyubako y’umurenge sacco Ingeri Cyeza bamaze kwiyuzuriza. Iyi Nyubako ikaba yarabatwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 23 zirenga. Mukasine Dative ni umwe mu babitsa muri iyi sacco, avuga ko kugeza ubu iterambere... Read More
Gakenke: Barakangurirwa gucunga neza amafaranga y’abaturage
Abacungamari ba SACCO baributswa ko bafite inshingano zo gucunga neza amafaranga y’abaturage bakirinda uburangare bwatuma ayo mafaranga y’abaturage yibwa. Ibi byagarutsweho mu nama yo kugeza inguzanyo ku baturage (access to finance). yabaye kuri uyu wa gatanu tariki 08/02/2013 mu karere ka gakenke. Umucungamari wa SACCO ya Kamubuga yasize adakinze inyubako ikorerwamo na SACCO, ku bw’amahirwe ntihagira ifaranga na rimwe ryibwa. Ngo uburangare... Read More
Muhanga: Abambuye za microfinance barasabwa kudatuza batarishyura kuko ubuyobozi butazabarebera gusa
Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko butazarebera na busa abambuye ibigo by’imari iciriritse (microfionance) byafunze kubera igihombo mu myaka yashize kuko bagiye guhagurukirwa. Ubu buyobozi buratangaza ko nubwo hashize igihe kitari gito butibagiwe abambuye ibigo kuko igihombo cyabyo cyagize ingaruka ku babiganaga, hari abantu batari bake imari yabo yagiye ihaburira kuko hataraboneka amafaranga yo kubishyura. Iki kibazo kandi kugeza... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans