Rwanda | Nyanza: SACCO TEGANYA Busasamana yatashwe ku mugaragaro
Koperative yo kubitsa no kuguriza y’umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza (SATEBU) yafunguwe ku mugaragaro mu muhango wabereye ku cyicaro cyayo kuri uyu wa 29/06/2012. Muganamfura Sylvestre, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Busasamana afungura SACCO y’uwo murenge Tariki 29/06/2012 Uyu muhango wo kuyifungura ku mugaragaro waranzwe no kugaragaza ibyiza imaza kugeza ku banyamuryango... Read More
Rwanda : Abantu benshi basabaga inguzanyo muri Sacco bazi ko ari imfashanyo ya leta
Bamwe mu bakozi bashinzwe gutanga inguzanyo ndetse n’abagize akanama gashinzwe gutanga inguzanyo mu mirenge sacco yo mu karere ka Kamonyi baratangaza ko hari abantu batari bake bakaga inguzanyo muri izi sacco bumva ko ari imfashanyo ya leta cyangwa abandi baterankunga. Ibi babitangaje ubwo bari mu mahugurwa yabagenewe mu gutanga inguzanyo yaberaga mu karere ka Muhanga. Innocent Habimana, umukozi w’akarere ka Kamonyi ushinzwe ishoramari n’amakoperetive... Read More
Rwanda : Burera: Barasabwa kugana ibigo by’imari bizigamira kandi banaka inguzanyo
Abaturage bo mu karere ka Burera barasabwa kwitabira ibigo by’imari bizigamira kandi baka n’inguzanyo kuko aribo byashyiriweho bityo biteze imbere. tariki ya 06/06/2012 ubwo batahaga SACCO y’umurenge wa Butaro yitwa SACCO Ndorwa, mu karere ka Burera, Habyarimama Gilbert umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ushinzwe za SACCO yashishikarije abaturiye iyo SACCO kwitabira kuyikoresha. Kuba abanyamuryango ba SACCO Ndorwa... Read More
Rwanda | Rubavu : Sacco Icyeza Kanama yatashye inyubako ya miliyoni 17
Abanyamuryango ba Sacco Icyeza yo mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu barishimira ko biyujurije inyubako yo gukoreramo ihagaze miliyoni 17 z’amafaranga y’u Rwanda batashye tariki ya 25 Gicurasi 2012. Umuhango wo gutaha iyi nyubako ukaba waranahuje n’inama rusange w’abanyamuryango ba Sacco Icyeza basimbuza bamwe mu bayobozi ndetse buzuza imyanya y’ubuyobozi. Abantu bane kabaka bavuye mu nzego za Sacco Icyeza nk’uko biteganywa n’amategeko... Read More
Rwanda | Nyabihu: Abaturage bakomeje gushishikarizwa gukorana n’ibigo by’imari
Gukorana n’ibigo by’imari ni inyungu ya buri wese : umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere mu karere ka Nyabihu Nyuma y’aho bigaragariye ko hari ubwitabire buke bw’abaturage mu gukorana n’ibigo by’imari ,mu karere ka Nyabihu harimo gukorwa igikorwa cyo gukangurira abaturage gushishikarira gukorana n’ibigo by’imari mu rwego rwo kurushaho kwiteza imbere nk’uko Mukaminani Angela,umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu... Read More
Rwanda | Nyanza: Abaturage biyubakiye umurenge SACCO
Nyuma y’amezi agera kuri atanu umurenge SACCO w’umurenge wa Rwabicuma ukorera mu nzu y’intizanyo abaturage bo muri uwo murenge bafashe icyemezo biyubakira aho ukorera hatanga umutekano w’amafaranga yabo babitsamo. Inyubako y’umurenge SACCO wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza Buri muturage wo muri uwo murenge yiyemeje gutanga umusanzu wo kubaka umurenge SACCO uva ku gihumbi cy’amafranga y’u Rwanda gusubiza hejuru bitewe n’uko buri wese... Read More
Rwanda : Abaturage nibasobanukirwe icyo Koperative z’imirenge SACCO zibamariye bazibyaze umusaruro: Mukakarangwa Francisca umukozi wa RCA
Uwari uhagarariye RCA yasabye abaturage kumenya kubyaza umusaruro Koperative “umurenge SACCO” Mu itahwa ku mugaragaro rya Koperative Umurenge SACCO ya Rugera kuri uyu wa 25/04/2012,uwari uhagarariye ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative mu Rwanda RCA, Mukakarangwa Francisca ,yasabye abaturage kugira ibikorwa imbere kuruta uko bashyira imbere amagambo. Akaba yavuze ko ibyo batangiye kubigaragaza kubera igikorwa gifatika bagezeho biyubakira... Read More
Rwanda | Nyabihu: Kuzigama ntibikiri ikibazo ku baturage b’umurenge wa Rugera
SACCO ya Rugera ije gukemura ikibazo cy’aho kuzigama no gusaba inguzanyo z’abateza imbere abaturage bari bafite Umurenge wa Rugera ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Nyabihu. Ukaba kandi ari umwe mu mirenge iherereye mu gace kari kure y’ibigo by’imari n’amabanki,ku buryo kugira ngo umuturage abe yabona aho abitsa imari ye cyari ikibazo gikomeye. Icyakora ibyari ikibazo kuri uyu wa 25/04/2012 byabonewe igisubizo ubwo hakorwaga igikorwa... Read More
Rwanda | Rulindo: Abaturage bose bagiye gukorana n ibigo by imari
Mu gihe mu karere ka Rulindo hakigaragara umubare munini w’abantu badakorana n’ikigo cy’imari na kimwe, kuri ubu akarere gafite gahunda izafasha benshi muri aba baturage gutangira gukorana n’ibigo by’imari. Bitewe n’impamvu zitandukanye, nko kuba hari abadafite amafaranga binjiza ahoraho cyangwa se binjiza amafaranga make cyane,hari umubare w’abaturage mu mirenge itandukanye igize akarere udakorana n’ikigo cy’imari kandi ibi ngo... Read More
Rwanda | Nyamasheke: Umurenge sacco Cyato wabakuye mu bwigunge.
Abaturage b’umurenge wa cyato mu karere ka nyamasheke baratangaza ko umurenge koperative umurenge sacco ya cyato yabakuye mu bwigenge kuko basigaye babona aho kubitsa amafaranaga yabo badakoze urugendo rurerure. Nk’uko byavuzwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyato, Nkinzingabo Patrice, mu muhango wo gutaha ku mugaragaro inzu yo gukoreramo sacco Cyato yiyujurije wabaye taliki ya 28 werurwe 2012, mbere y’umwaka wa 2009... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans