Rwanda : Kisaro – Bitarenze ukwa gatanu buri muryango uraba ufite konti muri SACCO

Abatuye umurenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo bemereye imbere ya minisitiri muri perezidansi Venantie Tugireyezu ko bitarenze ukwezi kwa gatanu buri muryango uzaba ufite konti muri SACCO. Ibi bakaba barabigaraje kuri uyu wa gatanu tariki 23/03/2012, ubwo Minisitiri Tugireyezu yabasuraga kugirango yirebere aho uyu murenge ugeze mu rugamba rw’iterambere ndetse no gushyira mubikorwa gahunda za guverinoma. Aba baturage kandi bemereye minisitiri... Read More

Rwanda | Nyamasheke: Imirenge sacco imaze gutanga inguzanyo zisaga miliyoni 290.

Nk’uko umukozi ushinzwe iterambere ry’amakoperative mu karere ka nyamasheke abivuga, ngo imirenge sacco ni inzira nziza izatuma abaturage bava mu bukene kuko igera no kuri wa muturage wo hasi buri wese ku rwego arimo. Rucakatsi Fotide, ushinzwe iterambere ry’amakoperative mu karere ka nyamasheke, avuga ko kugeza ubu imirenge sacco igera kuri cumi n’itanu iri mu karere  kose imaze gutanga inguzanyo zigera kuri miliyoni 290 n’ibihumbi... Read More

Rwanda | Nyamagabe: Ba bihemu bambuye ibigo by’imari miliyoni 150.

Leta yashyizeho amabwiriza yo kwishyuza ba bihemu. Ibigo by’imari iciriritse bikorera mu karere ka Nyamagebe bimaze kwamburwa n’abambuzi bazwi ku izina rya “bihemu” amafaranga agera kuri miliyoni 150 z’amanyarwanda. Komisiyo ishinzwe guhsyira mu bikorwa gahunda yo kwishyuza mu rwego rw’akarere irasaba ba bihemu kwisubiraho bakishyura umwenda bafite bitaba ibyo bagashyikirizwa ubutabera. Iki kibazo cya ba bihemu cyaganiriweho mu nama... Read More

Rwanda : Abanyamuryango ba SACCO Mareba biyemeje kwiyubakira inzu yo gukoreramo

Abaturage bo mu murenge wa Mareba mu karere ka Bugesera baratangaza ko bashishikajwe no kwiyubakira aho umurenge SACCO ukorera aho gukomeza gukorera mu busembere. Abaturage basiza aho bazubaka Ubwo bari mu gikorwa cyo gusiza ahazubakwa ikigo cy’imari cyo kuzigama no kugurizanya Jyambere Mareba SACCO, Munyantore Gratien, umucungamutungo wa Jya mbere Mareba SACCO yavuze ko inzu ya miliyoni zikabakaba 16 z’amafaranga y’u Rwanda ariyo abanyamuryango... Read More

Rwanda | Nyamasheke hits 44% in savings participation

The numbers of citizens involved in Sector Credit and Loan Schemes Umurenge Sacco, has increased in Nyamaseke district from over 68.000 to over 75.000 which is equivalent to 44%. The increase was achieved in less than three months according to the evaluation report of the 2011 district performance contracts. The district had set a target of having at least a half of the population (over 85,000 residents) use the schemes between 2011 and2012, which... Read More

Ngoma: Residents urged to work with Banks

Ngoma district Vice Mayor in Charge of Finance and Economic Planning George Mupenzi has called upon residents of this district to embrace the culture of working with banks if they don’t want to be left behind in development. Mupenzi said this during a meeting that brought together leaders of all the twelve sectors that make up Ngoma district, Eastern Province of Rwanda on January 19. The meeting convened to assess the rate at which the people in... Read More

GISAGARA: Residents hail Umurenge SACCO

Residents of Gisagara district have began recognising the importance of embracing the local banks comonly known as Umurenge SACCO saying that they are helping them to develop. When SACCO was first introduced in Kibirizi Sector last year, people had shunned it and it had few members as a result. But after being sensitised the advantages of joining the bank,  people of Kibirizi have joined the SACCO in big numbers. Solange Mukamazimpaka says that... Read More

Ntago akarere kacu katera imbere tudakorana n’ ibigo by’ imari, Mupenzi

Umuyobozi wungirije w’akarere ka Ngoma ushinzwe imari n’ ubukungu Mupenzi George aratangaza ko  kugirango akarere ka Ngoma karusheho gutera imbere kuburyo bwihuse ari uko abaturage bagatuye bakorana  n’ amabanki ndetse n’ ibigo by’ imari. Ibi uyu muyobozi yabivuze mu nama yamuhuje n’ abayobozi bo mu mirenge igize akarere ka Ngoma hamwe n’ abaturage b’ umurenge wa Kibungo kuri uyu wa 19  Mutarama 2012. Ubwo yakomozaga kuburyo  ijanisha... Read More

GISAGARA: kwitabira umurenge sacco byagize akamaro

Imirenge Sacco ubu imaze kugera hafi mu duce twose tw’akarere ka Gisagara ndetse n’abaturage bamaze kuyisobanukirwa ku buryo benshi muri bo banabona ko kuyitabira ari ingirakamaro bitewe n’ibyo bamaze kungukiramo. Mu murenge wa Kibirizi ubwo Minisitiri w’Umutekano, Bwana MUSSA Fazil HARELIMANA yahafunguraga ku mugaragaro umurenge Sacco mu kwezi k’ugushyingo umwaka wa 2012, abaturage bari bakiri bake mu bwitabire ariko bahabwa ibisobanuro... Read More

Ngororero : Bamwe mu banyamuryango ba banki yabaturage ntibarasobanukirwa inyungu bafite ku migabane yabo

Nyuma y’uko Banki y’abaturage y’u Rwanda ihinduwe iy’ubucuruzi abanyamuryango bayo bahindutse abanyamigabane, ariko iyo uganiriye na bamwe muri aba banyamigabane usanga batarasobanukirwa neza n’icyo umugabane wabo ari cyo n’icyo ubamariye. Bamwe mu banyamigabane ba banki y’abaturage agashami ka gatumba, izwi ku izina rya banki y’abaturage ya kibirira twavuganye ubwo bari mu gikorwa cyo kwiyandikisha kugirango ibyangombwa byabo bizabashe... Read More

« Previous Page