Amwe mu ma sacco yagaragayemo abanyamuryango bahabwa inguzanyo ku buryo butemewe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko hari imwe mu mirenge sacco kugeza ubu itanga inguzanyo ku buryo budasobanutse kuburyo hari n’abazihabwa batujuje ibisabwa. Yandagiriye Pascal, ushinzwe ubugenzuzi muri iki kigo gishinzwe guteza imbere amakoperetive avuga ko hari amwe mu ma sacco kugeza ubu afite za komite zikora nabi ndetse n’ubuyobozi bwa sacco nabwo bugakora nabi. Iyi mikorere ikaba ikurikirwa n’ibindi... Read More

Muhanga: abaturage batinya kugana sacco kubera gutinya guhomba nko muri za microfinance

Ubuyobozi bwa sacco Dukire yo mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga ho mu ntara y’Amajyepfo buratangaza ko bamwe mu baturage batari bake muri uyu murenge batinya kugana imirenge sacco kuko bahombeye mu bigo by’imari (microfinance) byahombye. Mu myaka yashize leta yashishikarizaga abanyarwanda kugana ibigo by’imari birimo by’umwihariko ibiciriritse aribyo microfinance nyamara nyuma y’igihe kitari kinini zimwe zatangiye kugaragaza... Read More

Ngororero: Gahunda y’ibimina izwi ku izina rya “tunekwa” ngo ihombya abaturage

Amakuru dukesha abakozi b’imirenge bashinzwe amakoperative mu karere ka Ngororero ni uko bamwe mubaturage bayobotse gahunda y’ibimina mukwaka inguzanyo mubigo by’imari babagana babasaba kubafasha kumvikana n’ibyo bigo ngo bave muri gahunda y’ibimina kuko bibahombya. Impamvu nyamukuru y’uko guhomba, ngo ni uburyo ayo mabanki n’ibigo by’imari bibaha amafaranga ntangwate batanze ahubwo buri wese akishingira mugenzi we maze bamwe muribo... Read More

Nyabihu: Umuti w’abambuye ibigo by’imari bimwe na bimwe bikabiviramo gufunga imiryango, urimo kuvugutwa

Mukaminani Angela, umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko abambuye ibigo by’imari bagiye gukurikiranwa n’inzego z’ubuyobozi Nk’uko Mukaminani Angela abivuga,abambuye ibigo by’imari mu karere ka Nyabihu ni benshi ndetse bimwe mu bigo by’imari bikaba byaranafunze imiryango. Hagamijwe kureba uburyo ibigo by’imari bikorana n’abaturage mu rwego rwo guharanira iterambere ryabo;inama ya Acces to finance forum yateraniye... Read More

Rwanda | Gakenke: Amabanki aratungwa urutoki mu kudindiza gahunda ya Hanga umurimo

Amabanki yose ntiyatanze inguzanyo za Hanga umurimo nk’uko yabyemeye. Umukozi wa Minisiteri y’Inganda n’Ubucuruzi ushinzwe ubujyanama muri Gahunda ya Hanga Umurimo mu Karere ka Gakenke, Uwera Jean Claude, atangaza ko amabanki atakoze ibyo yemeye itanga inguzanyo ku mishinga yatoranyije muri gahunda ya Hanga umurimo. Uyu mukozi asobanura ko mu mishinga 20 yatoranyije mu Karere ka Gakenke, ine gusa ari yo yabonye inguzanyo ikaba yaratangiye... Read More

Rwanda | KARONGI: ATM Cards VISA za Banki ya Kigali ntizikora neza

Nyuma y’iminsi mike ishami rya Banki ya Kigali rigejeje icyuma cya ATM mu mujyi wa Karongi, abakoresha ATM cards zo mu bwoko bwa VISA bakunze guhura n’ibibazo icyuma ntigisome amakarita yabo iyo bagiye kubikuza amafaranga. Nk’uko bigaragara ku mafoto, iyo ushyizemo ikarita ugakora ibisabwa byose, icyuma kiguha ubutumwa buvuga ngo: “Your financial Institution is Unavailable”, bisobanura ngo: Banki yawe ntishoboye kuboneka”, kandi ari ikarita... Read More