Rubavu : Banki y’abaturage yatanze inguzanyo ibikorwa by’ubwubatsi birakomeza
Ndabaramiye Jimmy uyobora BPR Rubavu Nyuma y’amezi agera kuri 3 abaturage bo mu karere ka Rubavu batse inguzanyo muri banki y’abaturage bavuga ko bahejejwe mu gihirahiro no kudahabwa inguzanyo batse, bashoboye gutangira ukwezi kwa Werurwe bakomeza ibikorwa byabo nyuma yo kubona inguzanyo bari baratse muri iyi banki. Abaturage bagera kuri 93 nibo bashoboye kubona inguzanyo bari baratse banki y’abaturage ya Rubavu, igera kuri miliyoni 700 inyinshi... Read More
RUSIZI: ABAMBUYE IBIGO BY’IMARI IMITUNGO YABO IZAFATIRWA
Abahagarariye ibigo by’imari iciriritse bafatanyije n’abayobozi b’imirenge yo mu karere ka Rusizi, bahawe igihe cy’ukwezi kumwe kugirango babe barangije kwishyuza amafaranga asaga miliyoni mirongo icyenda n’enye yagiye atangwa mu nguzanyo ntiyishyurwe. Uyu mwanzuro wafashwe mu nama yahuje ubuyobizi bw’akarere ka Rusizi n’abahagarariye ibigo by’imari ndetse n’abahagarariye amabanki bose bakorera mu karere ka Rusizi. Abayobozi mu mirenge... Read More
Muhanga: Abambuye za microfinance barasabwa kudatuza batarishyura kuko ubuyobozi butazabarebera gusa
Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko butazarebera na busa abambuye ibigo by’imari iciriritse (microfionance) byafunze kubera igihombo mu myaka yashize kuko bagiye guhagurukirwa. Ubu buyobozi buratangaza ko nubwo hashize igihe kitari gito butibagiwe abambuye ibigo kuko igihombo cyabyo cyagize ingaruka ku babiganaga, hari abantu batari bake imari yabo yagiye ihaburira kuko hataraboneka amafaranga yo kubishyura. Iki kibazo kandi kugeza... Read More
Rwanda | Ngoma: ATM machine ya BPR yatengushye abakiriya bayo ku munsi mukuru
Mugihe ikoranabuhanga mu mabanki rigenda ryoroshya uburyo bwo kubikuza no kubika muri banki hifashishijwe ibyuma bya ATM machine,abakiriya ba banki y’ abaturage y’u Rwanda(BPR) ishami rya Ngoma,icyi cyizere cyatumye hari abariye umunsi mukuru wa noheli nabi kubera kubura amafaranga. Icyi cyuma cyatangiye kudakora kuva 24/12/2012 abakiriya b’iyi banki bakaba bibaza impamvu kitahise gikorwa. Abakiriya bari urujya n’uruza... Read More
RWANDA | RUSIZI: BARASABWA KWIRINDA INGESO YO KWIBIKIRA AMAFARANGA MURI ZA MUTAMENWA ZABO
Ibyo ni ibyasabwe n’umuyobozi wa banki nkuru y’URwanda ishami rya Rusizi Mirindi Johnson, ubwo habaga inama yahuje abayobozi batandukanye n’abacuruzi bo mu karere ka Rusizi mumpera z’ikicyumweru cyashize, tariki 16/11/2012 aho ngo bimaze kumenyekana ko abacuruzi bo muri ako karere bivanga munshingano zitabareba kandi zishobora kubazanira ingaruka zitari nziza Zimwe muri izo ngeso harimo kuba batabitsa amafaranga yose muri za banki ahubwo bakayibikira... Read More
Follow Us!
By PRIMEFREBTS free bets