Rwanda | Gakenke : VUP yatanze miliyoni 147 z’inguzanyo mu mirenge ine
Mu rwego rwo gukura abaturage mu bukene, mu mwaka ushize w’ingengo y’imari wa 2011-2012, VUP yatanze inguzanyo zingana na miliyoni 147 ku baturage batishoboye bo mu Karere ka Gakenke; nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Ntakirutimana Zephyrin. Izi nguzanyo zahawe abaturage ku giti cyabo, amatsinda y’abaturage ndetse n’amakoperative afite ubuzima gatozi. Uyu muyobozi avuga ko umuntu... Read More
Rwanda | Ngoma: Hatashywe ku mugaragaro inyubako y’ umurenge SACCO wubatswe n’ abaturage
Inyubako y’umurenge SACCO wa Rukumberi mu karere ka Ngoma yatashywe ku mugaragaro kuri uyu wa 18/09/2012, yuzuye itwaye amafaranga angina na miliyoni 18 ibihumbi 19 na maganinani 70 y’ u Rwanda. Iyi nyubako ifite ibyumba 5 n’ikindi cyumba cyakirirwamo abakiriya byose byubatswe ku nkunga y’ abatuye uwo murenge harimo n’ abanyamuryango b’ iyi SACCO yahawe izina rya KOZIRU. Iyi nyubako y’ umurenge SACCO ibaye iyambere... Read More
Rwanda | Ngoma; Abakozi b’ umurenge SACCO batewe impungenge n’ubuto bw’inzu bakoreramo
Gukorera mucyumba kimwe kigizwe na Bureau ikorerwamo n’abantu bane ndetse na giche (guchet) itangirwaho amafaranga mu murenge SACCO wa kazo ni imbogamizi ku mikorere myiza ndetse na service zinoze. Kuri uyu wa 19 Kamena 2012, ubwo twagera aho uyu murenge SACCO ukorera mu nyubako y’umurenge wa Kazo mu cyumba kimwe, umukozi ushinzwe ibikorwa by’iyi SACCO (Manager) Habimana Josue yatubwiye ko bigoye cyane kandi biteye impungenge (risqués)... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans