Banki ya kigali yafunguye ishami ryayo rishya mu karere ka Rulindo.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28/5/2013,mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo gufungura ishami rishya rya Banki ya Kigali, umuhango wabereye kuri Entreprise Urwibutso,ari naho iri shami rizakorera . Muri uyu muhango wabereye aho bita kuri Nyirangarama,ukaba witabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye zigize intara y’amajyaruruguru. Umuyobozi w’akarere ka Rulindo,Kangwagye Justus mu ijambo rye yijeje umuyobozi mukuru wa Banki ya kigali,bwana... Read More
Rulindo: Umuturage ushaka gukira vuba agane Sacco. Bosenibamwe Aimee
Umuturage ushaka gukira vuba abishatse yagana za Sacco. Aya ni amagambo yavuzwe n’umuyobozi w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimee, ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutaha inyubako nshya za Sacco,Murambi na Masoro tariki 14/3/2013. Abaturage bo muri iyi mirenge yombi, ngo basanga kuba barabashije kwiyubakira inzu nziza zo gukoreramo na za Sacco zabo. Ngo basanga ari ibyo kwishimira ,bakavuga kandi ko ibyiza byose bamaze kugeraho babikesha... Read More
Rwanda : Barasabwa gukorana n’ amabanki bagifite agatege.
Abakiri bato barasabwa gukorana n’amabanki bagifite agatege nk’uko babisabwa na Kayiranga Gaston, umuhuzabikorwa w’urubyiruko mu murenge wa Shyorongi ho mu karere ka Rulindo. Kayiranga avuga ko urubyiruko rwagombye kwegera amabanki bagafata inguzanyo mu rwego rwo gushaka icyo bakora cyabateza imbere . Avuga kandi ko ngo umuntu akora cyane mu gihe aba akiri muto,ngo kuko iyo amaze gusaza nta mbaraga zo gukora zihagije aba agifite. Akaba... Read More
Rwanda : Rulindo ubuyobozi bwiyemeje kurwanya ubukene mu batuye aka karere.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28/12/2012,mu karere ka Rulindo habereye inama yahuje abayobozi b’ibigo by’imari bicirirtse na Sacco bikorera muri aka karere. Iyi nama yari iyobowe n’umuyobozi w’akarere ushinzwe ubukungu muri aka karere Murindwa Prosper. Bimwe mu byibanzweho byahuje aba bayobozi,ngo nu ukurebera hamwe uburyo basezerera ubukene mu batuye aka karere ,bafasha abaturage kubona inguzanyo muri ibi bigo Nk’uko aba bayobozi babivuga... Read More
Rwanda : Hakenewe uburinzi bw’amafranga mu mazu y’ibigo by’imari na za Sacco.
Nyuma y’aho bigaragariye ko umutekano w’amafranga abikwa mu bigo by’imari na za Sacco,udahagije mu karere ka Rulindo,hifujwe ko hakongerwa imbaraga zidasanzwe mu kubungabunga umutekano w’ayo mafranga. Ni muri urwo rwego ubuyobozi bw’akarere bufatanije n’ubw’inzego z’umutekano, busanga hagombye kubaho ubufatanye mu gucungira umutekano ibyo bigo, kugira ngo hatabaho ibibazo by’ubujura butewe no kuba nta burinzi buhagije bukorwa. Ikindi... Read More
Rwanda | Rulindo: Abaturage bose bagiye gukorana n ibigo by imari
Mu gihe mu karere ka Rulindo hakigaragara umubare munini w’abantu badakorana n’ikigo cy’imari na kimwe, kuri ubu akarere gafite gahunda izafasha benshi muri aba baturage gutangira gukorana n’ibigo by’imari. Bitewe n’impamvu zitandukanye, nko kuba hari abadafite amafaranga binjiza ahoraho cyangwa se binjiza amafaranga make cyane,hari umubare w’abaturage mu mirenge itandukanye igize akarere udakorana n’ikigo cy’imari kandi ibi ngo... Read More
Rwanda : Kisaro – Bitarenze ukwa gatanu buri muryango uraba ufite konti muri SACCO
Abatuye umurenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo bemereye imbere ya minisitiri muri perezidansi Venantie Tugireyezu ko bitarenze ukwezi kwa gatanu buri muryango uzaba ufite konti muri SACCO. Ibi bakaba barabigaraje kuri uyu wa gatanu tariki 23/03/2012, ubwo Minisitiri Tugireyezu yabasuraga kugirango yirebere aho uyu murenge ugeze mu rugamba rw’iterambere ndetse no gushyira mubikorwa gahunda za guverinoma. Aba baturage kandi bemereye minisitiri... Read More
Rwanda : Mbogo – Koperative MDECO irataganya kwagura imikorere
Koperative yo kubitsa no kugurizanya MDECO yo mu murenge wa Mbogo akarere ka Rulindo, iravuga ko nyuma yo kubona icyangombwa cya burundu kiyemerera gukora ubu igiye kwagura imikorere yayo mu gihuhu hose. Iyi koperative ikora nk’ umurenge SACCO ya Mbogo, ngo yabonye icyemezo cya Burundu, yahawe na banki nkuru y’ igihugu kuwa 17/03/2012. Nk’ uko bivugwa na Ndayizera Theogene umuyobozi w’ iyi koperative, ngo ubu noneho bashobora kwagura... Read More
Rwanda : Rulindo – Abambuye ibigo by’ imari bagiye gutangira kwishyuzwa
Mu rwego rwo kugarura amafaranga yanyerejwe cyangwa se yambuwe n’ abagujije ibigo by’ imari iciriritse na za koperative ntibishyure akarere ka Rulindo gafatanyije na banki nkuru y’ igihugu kahagurukiye kwishyuza aba bantu by’ umwihariko. Nk’ uko bigaragazwa n’ imibare, abantu bagarenga 300 nibo bambuye ibigo by’ imari, haba ibigikora ndetse n’ ibyafunze imiryango amaranga arenga miliyoni 70 y’ u Rwanda. Aya rero yose ngo akaba... Read More
Follow Us!