Rwanda | Rutsiro : abaturage basobanuriwe ko kwizigamira atari iby’abifite gusa
Abaturage bo mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro bibumbiye mu matsinda akorana n’umushinga EJO HEZA bavuga ko bamaze kubona inyungu zo kwizigamira bahereye kuri bicye, bakaba bahamagarira bagenzi babo kwitabira ibigo by’imari iciriritse n’amabanki kugira ngo na bo bizigamire bityo barusheho kwiteza imbere. Mu birori byo kwizihiza icyumweru cyahariwe kuzigama byabereye mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro ku itariki ya 30/11/2012... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans