Abaturage ba Munyiginya biyujurije SACCO kuri miliyoni 17
Abaturage bo mu murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana batashye inyubako ya koperative yabo yo kuzigama no kugurizanya bise My SACCO ifite agaciro ka miliyoni 17 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi nyubako yatashywe ubwo mu karere ka Rwamagana hasozwaga ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza ku mpera z’icyumweru gishize ngo abaturage bayigezeho nyuma yo kumva gahunda za leta y’u Rwanda zirimo kubashishikariza kwishakamo ibisubizo kandi ngo bagasanga... Read More
Rwanda : Abakozi ba SACCO n’abaturage bazigana bitondere amafaranga y’amahimbano-Mayor wa Rwamagana
Umuyobozi wa Rwamagana arasaba ubushishozi mu gutahura mafaranga y’amakorano Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, bwana Uwimana Nehemie arasaba abakozi ba SACCO ndetse n’abaturage bakoresha ibi bigo by’imari bya SACCO mu kubitsa, kubikuza no kuzigama kwitondera amafaranga menshi y’amakorano amaze iminsi atahurwa mu Karere ka Rwamagana. Bwana Uwimana Nehemie yatumye Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ya Rwamagana gutanga ubutumwa mu... Read More
Rwanda : Abakozi n’abagenzuzi ba SACCOs bongeye guhwiturwa ku micungire y’amafaranga y’abaturage babitse muri SACCOs
Abayobozi ba SACCOs barasabwa gucunga umutungo w’abaturage babitse Abayobozi, abagenzuzi n’abakozi bakuru muri SACCOs zo mu Ntara y’Iburasirazuba bahurijwe hamwe mu mwiherero i Rwamagana ngo bigire hamwe, bungurane ubumenyi kandi bahanahane amakuru ku micungire myiza inoze kurushaho y’amafaranga y’abaturage babitse muri koperative z’abaturage zo kubitsa no kugurizanya ziswe SACCOs. Aya mahugurwa yatumiwemo abagize inama ngenzuzi ya buri... Read More
Rwanda | Banque Populaire du Rwanda yemereye abahinzi b’i Rwamagana kubarinda abamamyi
Ubuyobozi bwa banki y’abaturage y’urwanda mu Karere ka Rwamagana bwemereye ihuriro ry’abahinzi bo muri Rwamagana ko nibishyira hamwe bakagaragariza iyo banki ko bazafata neza umusaruro wabo, nayo izabaguriza amafaranga bakeneye mu bikorwa n’imibereho yabo igihe bazaba bataragurisha umusaruro w’ibigori bagiye gusarura mu byumweru bibiri biri imbere. Habimana Djamali ushinze gutanga inguzanyo muri Banque Populaire i Rwamagana ati « Abahinzi... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans