Nyamagabe: District opens New Sacco building worth Rwf 14m

“Indashyikirwa Mushubi Sacco”, found in Mushubi sector,Nyamgabe district promised to improve on service delivery to its clients which has not been the case before, since it has been working in a two rooms building offered by the sector. This was said by the Presidents to the governing board of this Sacco Jean Baptiste Urimumahoro on the 14th/06/2013, while entering a new building worth Rwf 14,667,866million. “Working in such a small place, attending... Read More

Nyamagabe: Inyubako Indashyikirwa Mushubi Sacco yujuje ngo izafasha mu mitangire ya serivisi nziza.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/06/2013, abanyamuryango ba koperative yo kubitsa no kugurizanya y’umurenge wa Mushubi “Indashyikirwa Mushubi Sacco” batashye inyubako yo gukoreramo biyubakiye, ikaba yaratwaye miliyoni 14 n’ibihumbi 667 n’amafaranga 866 y’u Rwanda (14,667,866 Rwf). Urimumahoro Jean Baptiste, perezida w’inama y’ubutegetsi y’indashyikirwa Mushubi Sacco avuga ko mbere bakoreraga mu byumba bibiri bari baratijwe n’umurenge... Read More

Gakenke: Abanyamuryango batashye inyubako ya SACCO biyubakiye mu mbaraga zabo

Kuri uyu wa Gatanu  tariki 06/06/2013, abanyamuryango ba KAVABU SACCO y’Umurenge wa Karambo ho mu Karere ka Gakenke batashye inyubako ya SACCO yuzuye itwaye  hafi miliyoni 19 n’ibihumbi 300. Ako kayabo k’amafaranga  katurutse  mu misanzu y’abanyamuryango, imigabane shingiro n’inyungu SACCO yabonye mu myaka yatambutse. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke wungirije ushinzwe imibereho myiza, Ntakirutimana Zephyrin witabiriye umuhango wo kuyitaha... Read More

Amajyaruguru : Abacungamutungo ba SACCO barasabwa gutanga serivisi nziza kuko bizongera ababagana

Abacungamutungo ba za SACCO zo muri Gakenke, Gicumbi na Rulindo. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke wungirije ushinzwe Imibereho Myiza, Ntakirutimana Zephyrin arasaba abacungamutungo ba SACCO gutanga serivisi nziza ku baturage babagana kuko bizagira uruhare mu kongera umubare w’abakiriya. Ibi uyu muyobozi yabivuze  mu  nama yahuje  abakozi ba BDF n’abacungamutungo ba SACCO mu Turere twa Gakenke, Gicumbi na Rulindo, inama yabereye  ku biro by’Akarere... Read More

Ngoma: Kubera ibyiza basanze mu murenge SACCO byatumye basaba ko habaho n’utugari SACCO

Abanyamuryango b’umurenge SACCO wa  Zaza ho mu karere ka Ngoma ubwo batahaga kumugaragaro inyubako nshya biyubakiye bavuze ko umurenge SACCO umaze kubageza kuri byinshi ndetse ngo bifuza ko ibyo byiza byakwegerezwa abaturage bikagera mutugali no mu midugudu.  Inzu yatashywe ku mugaragaro itwaye miliyoni hafi 27 z’amafaranga y’urwanda. Iyi nzu yubatswe kuburyo bugezweho kandi ifite n’ikoranabuhanga rya mudasobwa n’ibindi.  Abavuga imyato... Read More

Muhanga: abaturage batinya kugana sacco kubera gutinya guhomba nko muri za microfinance

Ubuyobozi bwa sacco Dukire yo mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga ho mu ntara y’Amajyepfo buratangaza ko bamwe mu baturage batari bake muri uyu murenge batinya kugana imirenge sacco kuko bahombeye mu bigo by’imari (microfinance) byahombye. Mu myaka yashize leta yashishikarizaga abanyarwanda kugana ibigo by’imari birimo by’umwihariko ibiciriritse aribyo microfinance nyamara nyuma y’igihe kitari kinini zimwe zatangiye kugaragaza... Read More

Rutsiro : Imirenge SACCO iratinda kurekura miliyoni 200 z’imisanzu ya mituweli yazinyujijwemo

Imirenge SACCO yo mu karere ka Rutsiro iranengwa kuba yarafatiriye imisanzu y’abanyamuryango b’ubwisungane mu kwivuza igera kuri miliyoni 200 ntiyarekure ngo ajye gukora ibyo yatangiwe bijyanye no kwishyura ubuvuzi bwakorewe abo banyamuryango, imirenge SACCO yo ikavuga ko imwe mu mpamvu  zituma iyatindana ari uko ibanza kuyatangaho inguzanyo kugira ngo na yo iboneho inyungu. Kimwe mu bibazo byafashe umwanya munini mu nama yahuje abacungamutungo... Read More

Nyagihanga: Barasabwa kwitabira gukorana na SACCO

Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, barashishikarizwa gukorana n’ibigo by’imali iciriritse na za SACCO ngo kuko ariyo nzira yihuse yatuma bivana mu bukene, bakabasha gutera imbere byihuse. Ibi abaturage bo muri uyu Murenge babisabwe n’umuyobozi wa Karere Ruboneza Ambroise ubwo yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya ya Nyagihanga Terimbere SACCO ku wa 8 Gicurasi 2013. Ruboneza... Read More

Kabarondo: Inguzanyo abaturage bahabwa na SACCO zituma barushaho kuyikunda

Bamwe mu banyamuryango ba SACCO Dukire yo mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza bavuga ko uburyo yorohereza abaturage kubona inguzanyo ziciriritse bituma bayigana ari benshi. Ku wambere no ku wakane buri cyumweru kuri Sacco ya Kabarondo haba hari abaturage benshi bashaka serivisi zo kubitsa, kubikuza no gusaba inguzanyo. Bamwe mu bakiriya b’iyo Sacco bavuga ko mbere abaturage batari basobanukiwe n’akamaro ka banki, ariko ubu batangiye kugana... Read More

Rubavu: Sacco itangiye kwigirwaho kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage

Urubyiruko rwishimiye uburyo rutekerezwaho mu kwiteza imbere Ishakwe Nyamyumba Sacco yo mu murenge wa Nyamyumba niyo imaze kuba bandebereho muzindi Sacco kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage bigatuma yitabirwa birenze uko izindi Sacco zo mu turere twa Karongi, Muhanga, Burera na Musanze zitabirwa. Abitabiriye urugendo shuri muri Sacco Ishakwe Nyamyumba bavuga ko Sacco zabo zigifite ikibazo cyo gukorana n’abaturage neza bitabira gufata... Read More

Next Page »