Rutsiro : Imirenge SACCO iratinda kurekura miliyoni 200 z’imisanzu ya mituweli yazinyujijwemo
Imirenge SACCO yo mu karere ka Rutsiro iranengwa kuba yarafatiriye imisanzu y’abanyamuryango b’ubwisungane mu kwivuza igera kuri miliyoni 200 ntiyarekure ngo ajye gukora ibyo yatangiwe bijyanye no kwishyura ubuvuzi bwakorewe abo banyamuryango, imirenge SACCO yo ikavuga ko imwe mu mpamvu zituma iyatindana ari uko ibanza kuyatangaho inguzanyo kugira ngo na yo iboneho inyungu. Kimwe mu bibazo byafashe umwanya munini mu nama yahuje abacungamutungo... Read More
Nyagihanga: Barasabwa kwitabira gukorana na SACCO
Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, barashishikarizwa gukorana n’ibigo by’imali iciriritse na za SACCO ngo kuko ariyo nzira yihuse yatuma bivana mu bukene, bakabasha gutera imbere byihuse. Ibi abaturage bo muri uyu Murenge babisabwe n’umuyobozi wa Karere Ruboneza Ambroise ubwo yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya ya Nyagihanga Terimbere SACCO ku wa 8 Gicurasi 2013. Ruboneza... Read More
Rubavu: Sacco itangiye kwigirwaho kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage
Urubyiruko rwishimiye uburyo rutekerezwaho mu kwiteza imbere Ishakwe Nyamyumba Sacco yo mu murenge wa Nyamyumba niyo imaze kuba bandebereho muzindi Sacco kubera udushya yazanye mu gukorana n’abaturage bigatuma yitabirwa birenze uko izindi Sacco zo mu turere twa Karongi, Muhanga, Burera na Musanze zitabirwa. Abitabiriye urugendo shuri muri Sacco Ishakwe Nyamyumba bavuga ko Sacco zabo zigifite ikibazo cyo gukorana n’abaturage neza bitabira gufata... Read More
Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO
Nyabihu: Hagiye gukorwa ubukangurambaga bwimbitse kugira ngo abaturage b’umurenge wa Kintobo bitabire SACCO Ikibazo cya SACCO ya Kintobo ikiri inyuma ni kimwe mu byaje ku ruhembe rw’imbere mu nama ya Forum of finance nk’uko Mukaminani Angela umuyobozi wungirije ushinzwe imari n’ubukungu yabidutangarije SACCO mu mirenge, ni bumwe mu buryo bwashyizweho mu rwego rwo kumenyereza no gukangurira abaturage umuco wo kuzigama no gukorana n’ibigo... Read More
Rulindo: Umuturage ushaka gukira vuba agane Sacco. Bosenibamwe Aimee
Umuturage ushaka gukira vuba abishatse yagana za Sacco. Aya ni amagambo yavuzwe n’umuyobozi w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimee, ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutaha inyubako nshya za Sacco,Murambi na Masoro tariki 14/3/2013. Abaturage bo muri iyi mirenge yombi, ngo basanga kuba barabashije kwiyubakira inzu nziza zo gukoreramo na za Sacco zabo. Ngo basanga ari ibyo kwishimira ,bakavuga kandi ko ibyiza byose bamaze kugeraho babikesha... Read More
Gakenke: Nemba SACCO plays big role in local people development
Residents of Nemba sector in Gakenke District have commended some activities among which is working with sectors saving and Credit Cooperatives (SACCO) as a sure way of developing any local person by saving little amount of money. One of many other beneficiaries Francoise Uwurukundo a resident of Nemba sector in Gakenke District testifies, “Working in this SACCO helped me save much. I used to keep money in my pockets and near my reach and I could... Read More
Nemba: Gukorana na SACCO bifasha kuzigama amafaranga
Uwurukundo avuga ko SACCO yamufashije kuzigama. Uwurukundo Francoise, umubyeyi utuye mu Kagali ka Gahinga, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Gakenke ashimangira ko gukorana na SACCO ari bwo buryo bwiza bufasha umuturage kwizigamira amafaranga. Uyu mubyeyi wambaye neza ndetse unacyeye ku isura, amaze amezi umunani ari umunyamuryango wa SACCO y’Umurenge wa Nemba. Nyuma yo kubitsa, Uwukundo avuga ko mu gihe cy’amezi umunani amaze akorana na saco yamufashije... Read More
Gatsibo: Umuco wo kuzigama bamaze kuwugira uwabo
Abatuye akarere ka Gatsibo bamenye akamaro ko gukorana n’ibigo by’imali Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bakomeje urugamba rwo kwikura mu bukene, barasabwa gukomeza kurushaho kwimakaza umuco wo kuzigama kugira ngo babashe kwiteza imbere bahanga umurimo. Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu, Habarurema Isaie, ubwo twaganiraga yadutangarije ko umuco wo kwizigamira abaturage ba Gatsibo bamaze kuwitabira ku kigero gishimishije. Habarurema... Read More
Muhanga: Abaturage barasaba leta ko yaha ingororano za sacco
Nyuma yo gutezwa imbere n’imirenge sacco, abatuye mu murenge wa Cyeza mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo barasaba leta ko iyi gahunda ya sacco yahabwa igihembo kuko yabakuye habi. Ibi abaturage bakaba babitangaje ubwo batahaga inyubako y’umurenge sacco Ingeri Cyeza bamaze kwiyuzuriza. Iyi Nyubako ikaba yarabatwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 23 zirenga. Mukasine Dative ni umwe mu babitsa muri iyi sacco, avuga ko kugeza ubu iterambere... Read More
Rwanda | Huye: Abaturage b’i Rwaniro barasabwa kubitsa mbere yo kwaka inguzanyo
Ibi byagaragajwe n’abayobozi ndetse n’abaturage bafashe ijambo, mu gikorwa cyo gutaha inzu yo gukoreramo ya Hirwa Rwaniro Sacco, ari yo Sacco ikorera mu Murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye. JMV Habineza waje muri ibi birori nk’intumwa ya banki Nkuru y’igihugu yagize ati « abantu benshi baza mu mabanki bimirije imbere kwaka inguzanyo kandi batazigama. Nyamara, inguzanyo ziva mu bwizigame, kongeraho imigabane y’abanyamuryango ndetse... Read More
Follow Us!
By OBREAKSL penny stocks