Rwanda | Gatsibo: financial institutions to strengthen their security
Members of Savings and Credit Cooperatives (SACCOS) in sectors of Gatsibo district demand that cooperatives be strengthened for reliable security of their money after being aware that their money are not very secure. On the counters This issue was discussed on Thursday the 3rd.Jan.2013 in the mee6ting that was meant to encourage SACCO members in Gatsibo sector to actively work with different financial institutions in 2013. The district administration... Read More
Rwanda| Gatsibo: Barasaba ko umuteka w’amafranga babitsa muri za Sacco urushaho kubungabungwa
Kuri za Guichet usanga abaturage batizeye umutekano w’amafranga yabo Bimaze kugaragara ko umutekano w’amafranga abikwa mu bigo by’imali iciriritse naza Sacco udahagije mu Karere ka Gatsibo. Kubwiyo mpamvu abagana ibi bigo bifuje ko hakongerwa ingufu mu kubungabunga umutekano wayo w’amafranga. Iki kibazo cyagarutsweho kuri uyu wa kane tariki 03 Mutarama, mu nama yashishikarizaga abatuye Umurenge wa Gatsibo kurushaho kwitabira kugana amabanki... Read More
Rwanda : Hakenewe uburinzi bw’amafranga mu mazu y’ibigo by’imari na za Sacco.
Nyuma y’aho bigaragariye ko umutekano w’amafranga abikwa mu bigo by’imari na za Sacco,udahagije mu karere ka Rulindo,hifujwe ko hakongerwa imbaraga zidasanzwe mu kubungabunga umutekano w’ayo mafranga. Ni muri urwo rwego ubuyobozi bw’akarere bufatanije n’ubw’inzego z’umutekano, busanga hagombye kubaho ubufatanye mu gucungira umutekano ibyo bigo, kugira ngo hatabaho ibibazo by’ubujura butewe no kuba nta burinzi buhagije bukorwa. Ikindi... Read More
Rwanda | Gakenke: Ubujura bwibasiye SACCO butumye umutekano wazo ucungwa na GASPROCO
Nyuma y’ubujura bwibasiye SACCO, inama yahuje abacungamari ba SACCO n’ubuyobozi bwa koperative y’inkeragutabara ‘GASPROCO’ kuri uyu wa 08/08/2012 yafashe umwanzuro ko umutekano wa SACCO ugomba gucungwa n’inkeragutabara. Ubuyobozi bwa GASPROCO bwijeje abacungamari umutekano w’amafaranga y’abaturage ariko buvuga ko uburinzi bugomba gukorwa nibura n’inkeragutabara ebyiri nijoro zihembwa nibura amafaranga 25.000 ku kwezi. Ubuyobozi... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans