RWANDA | RUSIZI: BARASABWA KWIRINDA INGESO YO KWIBIKIRA AMAFARANGA MURI ZA MUTAMENWA ZABO
Ibyo ni ibyasabwe n’umuyobozi wa banki nkuru y’URwanda ishami rya Rusizi Mirindi Johnson, ubwo habaga inama yahuje abayobozi batandukanye n’abacuruzi bo mu karere ka Rusizi mumpera z’ikicyumweru cyashize, tariki 16/11/2012 aho ngo bimaze kumenyekana ko abacuruzi bo muri ako karere bivanga munshingano zitabareba kandi zishobora kubazanira ingaruka zitari nziza Zimwe muri izo ngeso harimo kuba batabitsa amafaranga yose muri za banki ahubwo bakayibikira... Read More
Rwanda | Gakenke : Unguka Bank igiye kugira uruhare mu iterambere ry’abacuruzi
Unguka Bank iratangaza ko igiye kugira uruhare mu iterambere ry’abacuruzi bo mu Murenge wa Gakenke, Akarere ka Gakenke iborohereza kubaha inguzanyo zitandukanye na serivise nziza. Ibyo babitangaje mu nama Unguka Bank yagiranye n’abacuruzi tariki ya 03/04/2012. Abayobozi ba Unguka Bank bavuga ko bashaka gukorana n’abacuruzi baborohereza kubona inguzanyo zo kongera ubucuruzi bwabo, kugura imodoka, inguzanyo y’ingoboka ndetse n’inguzanyo... Read More
Nyanza: Abacuruzi b inyongeramusaruro barasabwa kugira imyitwarire irimo ubunyangamugayo.
Kuva tariki 19 kugeza 23 Ukuboza 2011 muri Heritage Hotel mu karere ka Nyanza mu Ntara y’amajyepfo hatangiye amahugurwa y’abacuruzi b’inyongeramusaruro mu kuba ba Rwiyemezamirimo no gutegura imishinga kugira ngo babashe kubona inguzanyo mu ma Banki. Bose hamwe ni 11 bakaba bacururiza inyongeramusaruro mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyanza. Atangiza ayo mahugurwa Aime Emmanuel NIYOMUSABYE, umukozi w’urugaga rw’abikorera... Read More
Follow Us!
By PDGACO payday loans