Rwanda : Abarimu bigisha mu mashuri ya leta bagiye guhabwa inguzanyo zunguka make
Ngo abarimu bagiye kugerwaho n’inguzanyo zihendutse Umuyobozi w’ikigo cy’imari Umwalimu SACCO yatubwiye ko kuva mu mwaka utaha wa 2013 abarimu bigisha mu mashuri ya leta bagiye kujya bahabwa inguzanyo zunguka amafaranga 11% ku mwaka, mu gihe abatigishiriza leta bazakomeza kujya bakwa inyungu ya 14%. Bwana Museruka Joseph uyobora Umwalimu SACCO aravuga ko ngo ibyo bigamije kureshya abarimu bigisha mu mashuri ya leta ngo bayagumemo dore ko ngo... Read More
Amabanki aratseta ibirenge mu gufasha abashaka amashanyarazi ya Biogas
Abo barubaka ibikenewe mu gukoresha biogas Abaturage banyuranye mu Ntara y’Uburasirazuba barinubira ko amabanki n’ibigo by’imari bitabafasha kubona amafaranga ibihumbi 200 benshi muri bo bakeneye ngo bibonere amashanyarazi iwabo mu ngo. Gahunda yo gukoresha amashanyarazi ya Biogas, ishingiye ku kuzamura imibereho myiza y’aborozi bafashwa kubona amashanyarazi akomoka ku mwanda w’amatugo borora. Ubundi inzobere zemeza ko urugo rurimo... Read More
Follow Us!
By PRIMEFREBTS free bets